Muhawenayo Elysé w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, akaba yabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Karambo, Akagari ka Cyangugu, Umurenge wa Gihundwe, Akarere ka Rusizi,...
Abasore 4 bo mu Mudugudu umwe wo mu Murenge wa Nyange, Akarere ka Ngororero, bapakiraga amabuye mu modoka mu kirombe kiri mu Kagari ka Kamina, Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi bagwiriwe...
Minisitiri w’Umutekano, akaba Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD), Dr. Vincent Biruta, yabwiye abayoboke baryo ko u Rwanda rutazacika intege ku ntambwe zo...