Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku birebana na Afurika, Massad Boulos, byagarutse ku rugendo rwo kwimakaza amahoro mu karere k’ibiyaga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko toni 16 z’ikawa y’u Rwanda zagurishijwe mu cyamunara mpuzamahanga arenga...
Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Ryabkov, yatangaje ko ibiganiro Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya,...
Nzeyimana Fanta w’imyaka 42 utuye mu Mudugudu wa Mugerero, Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, yatawe muri yombi nyuma yo gutwikisha amavuta yatuye umugore we wamubuzaga...
Édouard Philippe, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yasabye Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, kwegura avuga ko aricyo cyakemura ibibazo bya politiki biri mu Bufaransa.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwatangaje ko muri uyu mwaka wa 2025/2026 bwatangiye umushinga wo kubaka ibiraro byitezweho kuzura bitwaye miliyari 1 na miliyoni zisaga 235 z’amafaranga y’u Rwanda.
Abagabo batatu batawe muri yombi bafatiwe mu muhanda Musanze-Kigali, nyuma yo gusanganwa insinga zireshya na metero 250 bazikuye mu Murenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu.