Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 3 Ukwakira 2025 bwigometse kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu.
Uwitwa MISIGARO Gaspard yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGISHA Kevin Lewis mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri...
Robert Mugabe Junior, umuhungu w’imfura w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, yajyanwe mu rukiko rwa Harare, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge.
Sean "Diddy" Combs wamamaye ku mazina atandukanye mu muziki arimo P.Diddy n’ayandi, yandikiye ubucamanza mbere y’amasaha make ngo akatirwe, asaba imbabazi ku byo yakoze bibi mu myaka yatambutse.