skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

U Rwanda rugiye kwakira Inama Mpuzamahanga yiga ku buzima bwo mu mutwe

U Rwanda ruzakira Inama Mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’Ubuzima ku rwego rw’Isi yiga ku buzima bwo mu mutwe, izaba mu 2026.
4 October 2025 Yasuwe: 250 0

RDC yigometse kuri Amerika, yanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubukungu

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 3 Ukwakira 2025 bwigometse kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu.
4 October 2025 Yasuwe: 1072 0

Hamas yemeye kurekura imfungwa z’Abanya-Israel nyuma yo kotswa igitutu na Trump

Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye.
4 October 2025 Yasuwe: 647 0

No mu myaka 100, tuzaba tugitanga ubuhamya: Ubutumwa bw’uwarokotse jenoside mu rubanza rwa Munyemana

Umutangabuhamya mu rubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko abarokotse biteguye gukomeza gusobanura amateka ashaririye banyuzemo n’iyo...
4 October 2025 Yasuwe: 345 0

MISIGARO Gaspard yabye guhindurirwa amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGISHA Kevin Lewis mu bitabo by’irangamimerere!

Uwitwa MISIGARO Gaspard yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGISHA Kevin Lewis mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri...
3 October 2025 Yasuwe: 441 0

Maroc: Aba-Gen Z basabye ko Guverinoma iseswa

Urubyiruko rwo muri Maroc ruri mu myigaragambyo rwasabye ko guverinoma y’iki gihugu isesaswa, hagashyirwaho indi kuko iriho yananiwe gushyiraho amategeko arengera abaturage cyane cyane mu gice...
3 October 2025 Yasuwe: 396 0

Ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byanyu- Perezida Kagame ku bofisiye bashya muri RDF

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye abofisiye bashya gukomeza kurangwa n’umutima wo kurinda igihugu, ndetse abagaragariza ko ahazaza h’u Rwanda hari mu...
3 October 2025 Yasuwe: 470 0

Zimbabwe: Umuhungu wa Perezida Mugabe akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge

Robert Mugabe Junior, umuhungu w’imfura w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, yajyanwe mu rukiko rwa Harare, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge.
3 October 2025 Yasuwe: 529 0

Diddy yandikiye ibaruwa umucamanza amutakambira mbere y’amasaha make ngo akatirwe

Sean "Diddy" Combs wamamaye ku mazina atandukanye mu muziki arimo P.Diddy n’ayandi, yandikiye ubucamanza mbere y’amasaha make ngo akatirwe, asaba imbabazi ku byo yakoze bibi mu myaka yatambutse.
3 October 2025 Yasuwe: 292 0

N’abacamanza bari bafite ikimwaro- Nyarugabo yamaganye igihano cyakatiwe Kabila

Umunyapolitiki Moïse Nyarugabo uba mu ihuriro FCC rigizwe n’imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu Urukiko Rukuru...
3 October 2025 Yasuwe: 581 0