skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Gukunda Igihugu si ukugipfira gusa- Brig. Gen Rwivanga

“Iyo ukunda igihugu cyawe, uhora witeguye kucyitangira ndetse ukagumya gushyigikira abayobozi bacyo, kandi ukitanga mu murimo utizigama”.
1 October 2025 Yasuwe: 607 0

Muhanga: Umusore wararanye umwana w’imyaka 17 ari guhigishwa uruhindu

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan, yatangaje ko umusore ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 wo mu karere ka Muhanga, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano kuko ikirego...
1 October 2025 Yasuwe: 784 0

Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa yapfiriye muri Hoteli i Paris

Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa, yasanzwe muri hoteli i Paris yapfuye, iperereza ry’ibanze rikavuga ko ashobora kuba yiyahuye.
1 October 2025 Yasuwe: 501 0

CHANCEN na HEC byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere ireme ry’uburezi mu amashuri makuru na kaminuza mu Rwanda

Chancen International yinjiye mu bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amashuri Makuru (HEC) bugamije guteza imbere ireme ry’uburezi mu Rwanda.
1 October 2025 Yasuwe: 452 0

Hamas yanenze gahunda ya Trump yo guhagarika intambara

Umutwe wa Hamas wanenze gahunda ya Perezida Donald Trump yo kugarura amahoro mu gace ka Gaza, uvuga ko ishyira imbere inyungu za Israel yirengagije inyungu z’Abanya-Palestine, ibishobora no gutuma...
1 October 2025 Yasuwe: 388 0

Abanyeshuri mu ngabo za Zambia bari kwigira ku Rwanda kwimakaza amahoro

Itsinda ry’abalimu n’abanyeshuri mu bya gisirikare 27 bo muri Zambia bari mu Rwanda mu rugendoshuri rw’icyumweru rugamije kubafasha kwigira ku rugendo rw’igihugu mu iterambere n’uburyo kigira...
1 October 2025 Yasuwe: 212 0

Perezida wa Pologne ’avugana’ n’abapfuye

Perezida wa Pologne, Karol Nawrocki, yavuze ko ajya agirana ibiganiro n’umuzimu wa Jozef Pilsudski wabaye Umuyobozi wa Repubulika ya Kabiri ya Pologne hagati ya 1926 na 1935, akaba yari azwiho...
1 October 2025 Yasuwe: 500 0

U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika...
1 October 2025 Yasuwe: 353 0

Umwana ni uw’umuryango! Wite ku mwana wese nk’uwawe!

Mu minsi ishize twasangiye ubutumwa bwihariye ku bashakanye, none ndagarutse ngo tuganire no ku mugisha udasanzwe w’abashakanye, wo kwitwa ‘Ababyeyi’.
1 October 2025 Yasuwe: 493 0

Ruhango: Hari kubakwa ikigo giteza imbere ubuhinzi n’ubworozi kizatwara arenga miliyari 2 Frw

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye abahinzi n’aborozi kwitegura gukorana neza n’Ikigo cy’ubuhinzi n’ubworozi kiri kubakwa mu Murenge wa Kinazi kigamije guteza imbere uru rwego, kuko...
1 October 2025 Yasuwe: 169 0