Umuhanzi wo muri Uganda Eddy Kenzo, yatangaje ko Hassan yakuze azi ko ari we se yaje gusobanukirwa ko atari we wa nyawe nyuma yo gukoresha ibimenyetso bya gihanga (DNA) agasanga badahuje.
Umunyamakuru David Mwesigwa wa Galaxy TV muri Uganda ari mu mazi abira nyuma y’aho mu cyumweru gishize agejeje kuri Perezida Yoweri Kaguta Museveni ikibazo cy’ibitaro bititaweho mu karere ka Mukono...
Umunya-Slovenie, Tadej Pogacar, yisubije umudali wa Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, nyuma yo gutsinda isiganwa ry’abagabo ryo mu muhanda ryakinwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 28 Nzeri 2025,...