skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Imyigaragambyo y’aba-Gen Z yatangiriye muri Kenya yageze no muri Maroc

Urubyiruko muri Maroc rukomeje ibikorwa byo kwigaragamya, aho ku munsi wa kane w’imyigaragambyo habayeho guhangana n’inzego z’umutekano.
2 October 2025 Yasuwe: 288 0

Kinshasa: Abaharanira uburenganzira bwa muntu bamaganye urubanza rwa Kabila

Umuryango CCDH w’abaharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wamaganye urubanza rwa Joseph Kabila, ugaragaza ko rwifashishijwe nk’uburyo bwo kwihorera.
2 October 2025 Yasuwe: 224 0

Abasura ababo mu magororero ntibazongera guhaha ibyo babashyira

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, rwashyizeho gahunda nshya ifasha abasura ababo bari mu magororero, igaragaza ko ubu bagiye kujya bishyura kuri MOMO aho kujya gutonda umurongo kuri...
2 October 2025 Yasuwe: 396 0

Trump yashyizeho iteka ryo gutabara Qatar mu gihe yaterwa

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyizeho iteka igihugu cye kizashingiraho gitabara Qatar mu gihe yagabwaho ibitero.
2 October 2025 Yasuwe: 253 0

Ninteretse Christian wegukanye Primusic mu 2014 yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda

Christian Ninteretse umuhanzi w’Umurundi wanegukanye irushanwa rya Primusic mu 2014, nyuma y’imyaka icumi yimukiye mu Rwanda aho yanashakiye umugore, yahawe Ubwenegihugu.
2 October 2025 Yasuwe: 328 0

Amavubi yahamagaye abo izasozanya urugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Adel Amrouche, yahamagaye abakinnyi 23 azifashisha ku mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, u Rwanda ruzahuramo na Bénin na Afurika y’Epfo tariki ya 10...
2 October 2025 Yasuwe: 315 0

Karongi: Ukekwaho ubujura yishe umunyerondo w’umwuga

Mutuyimana Gilbert w’imyaka 19 wari umunyerondo w’umwuga mu Murenge wa Rubengera yitabye Imana, nyuma y’uko atewe icyuma n’umusore w’imyaka 21 yari akurikiye ubwo yari amaze kwiba amavuta.
2 October 2025 Yasuwe: 297 0

Nyanza: Babiri baturikanwe na kanyanga bari batetse, umwe ahasiga ubizima

Abagabo babiri barimo uw’imyaka 35 n’undi w’imyaka 36 basenyukiweho n’inzu kubera kanyanga bari batetse igaturika, umwe muri bo ahita apfa.
1 October 2025 Yasuwe: 442 0

U Burusiya ntibukozwa ibya Misile zishobora guhabwa Ukraine

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje ko Ukraine idakwiye kwizerwa ngo ihabwe misile za Tomahawk zikorwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
1 October 2025 Yasuwe: 524 0

Cassie yatakambiye urukiko, ubushinjacyaha bumusabira imyaka 11: Ibivugwa mu rubanza rwa Diddy

Cassie Ventura wahoze ari umukunzi wa Diddy wari uri n’imbere mu batumye atabwa muri yombi, yandikiye urukiko agaragaza ko ibyo uyu mugabo yamukoreye na n’ubu bikimeze nk’inzozi mbi kuri we, naho...
1 October 2025 Yasuwe: 393 0