Umunyamakuru w’Umufaransa, Titouan Laurent, yagaragaje ko ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kongera kubona igipupe cy’ingagi (Ganza) yakuye i Kigali ubwo yari yitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare.
Umugaba wungirije w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen Maj Francis Takirwa, yagaragaje ko yishimiye uburyo ingabo z’igihugu cye n’iz’u Rwanda zifatanya mu kubungabunga umutekano wo ku mupaka.
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze iminsi yarafashe bugwate ishuri riri kubakwa na Leta mu mujyi wa Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga.
Umukinnyi wa filime Eric Dane, wamamaye cyane muri “Euphoria” ndetse na “Grey’s Anatomy”, akomeje guhangayikisha abakunzi be nyuma yo kugaragara ari mu igare rikoreshwa n’amashanyarazi kubera...
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yasabye abakinnyi gukuba kabiri imbaraga bakoresheje i Kigali, ubwo bazaba bakiriwe na Pyramids FC mu mukino wo kwishyura uzabera i Cairo ku Cyumweru.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko nyuma y’isuzuma ryakozwe n’itsinda ry’abahanga mu bigendanye n’imyubakire muri aka karere, byagaragaye ko inzu zo muri santere y’ubucuruzi ya Gasiza...
Isimbi Vestine uzwi nka Isimbi Model mu ruganda rw’abamurika imideli, yahawe impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover Velar, n’umugabo we Shaul Hatzir ukomoka muri Israel.
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 2 Ukwakira, Minisiteri y’Ubuzima yo muri Liban yatangaje igitero Isiraheli yagabye mu majyepfo y’icyo gihugu cyahitanye abantu 2.