Umugaba Mukuru w’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sultani Makenga, yashimangiye ko afite intego zo gukura ku butegetsi, Perezida...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari we witambitse igikorwa cyo...
Singirankabo Rwezambuga Dépite wari Visi Perezida wa Etincelles FC ushinzwe Tekinike, yeguye ku mirimo ye, agaragaza ari ukubera impamvu zo kunanizwa n’abo bafatanyije kuyobora.
Niyonizeye Emmanuel w’imyaka 23 uvuga ko ari uwo mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yafatiwe mu Murenge wa Kanzenze, Akarere ka Rubavu amaze kwibira kuri telefoni amafaranga 120 000...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuntu wese uzongera gutwika ibendera ry’igihugu azahita afatwa agafungwa umwaka umwe.
Inzego bireba mu Karere ka Kayonza, zatangiye iperereza ku cyishe umusore w’imyaka 19 wasanzwe mu cyuzi yapfuye, abaturage bagakeka ko yishwe n’abacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe...
Sanae Takaichi yatorewe kuyobora Ishyaka riri ku butegetsi mu Buyapani, Liberal Democratic Party (LDP), bimuha amahirwe yo kuba yaba Minisitiri w’Intebe wa mbere w’umugore iki gihugu kigize.