Liverpool yatsinzwe na Galatasaray, Real Madrid, Atletico Madrid na Bayern Munich zitsinda ibitego bitanu mu mikino y’Umunsi wa Kabiri wa UEFA Champions League wakinwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri,...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abagabo batatu bo mu Murenge wa Mutuntu mu Karere ka Karongi bakekwaho kwica Nshimiyimana Vianey w’imyaka 45 wasanzwe ku nzira yapfuye.
Byabereye mu Mudugudu...
Umutangabuhamya wiyambajwe na Dr. Munyemana Sosthène kugira ngo amushinjure, yagaragaje ko gufungirana Abatutsi mu biro bya Leta nta kindi byari bigamije uretse kubashyira mu maboko y’abicanyi,...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yise ‘abasazi’ ibihugu by’i Burayi bisanzwe ari inshuti z’akadasohoka zayo kubera kwemera ubwigenge bwa Palestine.
Igikomangoma Albert II wa Monaco wanitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye i Kigali yanyuzwe n’imbaraga u Rwanda rwashyize mu kurengera ibidukikije no kwimakaza isuku mu gihugu hose.