skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Igare rikomeje kuryoha! Tujyane mu isiganwa ry’umunsi wa 6 wa shampiyona y’Isi y’amagare (Live)

Ku munsi wa Gatandatu wa shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare irimo kubera mu Rwanda, abasiganwa bahagurukiye kuri Kigali Convention Center akaba ari naho bari busoreze nyuma yo gukora intera...
26 September 2025 Yasuwe: 277 0

U Burayi bwohereje intumwa kuburira u Burusiya

Ibihugu birimo u Bwongereza, u Bufaransa n’u Budage byohereje intumwa i Moscow mu Burusiya, mu rwego rwo kuburira icyo gihugu gikomeje gushinjwa kuvogera ubusugire bw’ibihugu biri mu Muryango...
26 September 2025 Yasuwe: 352 0

Inama za Dr. Karangwa wa RFI ku bapimisha ADN ngo bahamye ko abana ari ababo

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI), Dr. Charles Karangwa, yasabye ababyeyi bifuza gupimisha uturemangingo ndangasano...
26 September 2025 Yasuwe: 264 0

Urujijo ku mpamvu igiye guhuza abasirikare bakuru ba Amerika

Minisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatumijeho inama idasanzwe izahuza abasirikare bose bakuru b’icyo gihugu barimo n’abari hirya no hino ku Isi ku birindiro by’Ingabo z’icyo...
26 September 2025 Yasuwe: 199 0

Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku byabereye mu Nama ya Loni

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku bikorwa bitatu bigayitse byamubayeho ubwo yari mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye, ku wa 24 Nzeri 2025.
25 September 2025 Yasuwe: 759 0

Hailemaliam Desalegn wayoboye Ethiopia yagaragaje ko afata Perezida Kagame nk’icyitegererezo

Hailemaliam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagaragaje ko Perezida Kagame yamubereye icyitegererezo mu rugendo rwe rw’ubuyobozi no guharanira iterambere ry’umugabane wa Afurika.
25 September 2025 Yasuwe: 286 0

Twinjirane muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare ku munsi wayo wa 5

Abakunzi b’umukino w’amagare, abategura shampiyona ndetse n’abakinnyi baturutse mu bihugu 132, bakomeje kuryoherwa n’ubwiza bw’u Rwanda rugizwe n’imisozi igihumbi.
25 September 2025 Yasuwe: 456 0

Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa yakitiwe gufungwa imyaka 5 kubera amafaranga ya Gaddafi yariye

Urukiko rwo mu Bufaransa rwahamije Nicolas Sarkozy wayoboye igihugu, uruhare mu byaha bifitanye isano n’ibirego by’amafaranga yahawe na Muammar Gaddafi wayoboraga Libya ngo azamufashe mu bya...
25 September 2025 Yasuwe: 519 0

U Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi bane

Muri iri siganwa rigiye kuba ku nshuro ya mbere, u Rwanda rufitemo abakinnyi bane ari bo:
25 September 2025 Yasuwe: 320 0

Musanze: Umusore w’imyaka 22 yasanzwe mu mugozi hakekwa kwiyahura

Irakiza w’imyaka 22, wo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi, Akarere kaMusanze, yasanzwe mu mugozi amanitse, bikekwa ko yiyahuye.
25 September 2025 Yasuwe: 440 0