Ku munsi wa Gatandatu wa shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare irimo kubera mu Rwanda, abasiganwa bahagurukiye kuri Kigali Convention Center akaba ari naho bari busoreze nyuma yo gukora intera...
Ibihugu birimo u Bwongereza, u Bufaransa n’u Budage byohereje intumwa i Moscow mu Burusiya, mu rwego rwo kuburira icyo gihugu gikomeje gushinjwa kuvogera ubusugire bw’ibihugu biri mu Muryango...
Minisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatumijeho inama idasanzwe izahuza abasirikare bose bakuru b’icyo gihugu barimo n’abari hirya no hino ku Isi ku birindiro by’Ingabo z’icyo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku bikorwa bitatu bigayitse byamubayeho ubwo yari mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye, ku wa 24 Nzeri 2025.
Hailemaliam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagaragaje ko Perezida Kagame yamubereye icyitegererezo mu rugendo rwe rw’ubuyobozi no guharanira iterambere ry’umugabane wa Afurika.
Irakiza w’imyaka 22, wo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi, Akarere kaMusanze, yasanzwe mu mugozi amanitse, bikekwa ko yiyahuye.