Priscilla Presley yahishuye ukuntu yigeze kugira impungenge zikomeye ku mubano w’umukobwa we Lisa Marie Presley na Michael Jackson, ndetse n’ukuntu gushyingiranwa kwabo kwari kurimo amacenga.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yageze i New York ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, aho yitabiriye Inama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (ONU)...
Umubiligi Remco Evenepoel yegukanye Umunsi wa Mbere wa Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, nyuma yo kwitwara neza mu cyiciro cyo gusiganwa n’ibihe, ahiga mukeba we Tadej Pogačar.
Perezida wa Azerbaijan, Ilham Aliyev yasabye ko imibare y’abanyeshuri b’Abanyarwanda biga muri icyo gihugu yongerwa binyuze mu mikoranire y’impande zombi cyane ko kugeza ubu hari Umunyarwanda umwe...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yakiriye abitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yatangiye gukinirwa i Kigali, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku Magare ku Isi (UCI), David...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Estonia yatangaje ko hari indege eshatu z’igisirikare cy’u Burusiya, zavogereye ikirere cyayo ndetse zikimaramo iminota igera kuri 12.
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko kuba u Rwanda rugiye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare ari ibintu Abanyarwanda bakoreye, yizeza ko kandi bari gukora ibishoboka...