Cynthia McKinney wahoze ari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Abanyamerika benshi bifuza kubana n’Abarusiya mu mahoro nubwo hari itsinda...
Perezida w’Amerika Donald Trump yavuze ko ubutegetsi bwa Kyiv bushobora "kwisubiza Ukraine yose mu mwimerere wayo", amagambo ye akaba agaragaje impinduka ikomeye ku ho ahagaze ku ntambara ya...
Umuhanzi David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido muri Nigeria no mu ruhando mpuzamahanga, ari mu byishimo byo kugirwa umunyamuryango wa Recording Academy, kompanyi isanzwe itegura irushanwa rya...
Abaholandi babiri Arens Megan mu bagore na Michiel Mouris mu bagabo, ni bo begukanye imidali ya Zahabu ya Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 mu cyiciro cy’ingimbi n’abangavu basiganwa n’ibihe.
Imodoka ya Teta Sandra yamenaguwe, amakuru ahari agahamya ko bishoboka ko ari umugabo we Weasel wayimenaguye mbere y’uko atangira gufata amashusho ataka avuga ko afashwe nabi n’umugore we.
Umuholandikazi Megan Arens yegukanye Umudali wa Zahabu mu marushanwa yo gusiganwa n’ibihe (ITT) ya Shampiyona y’Isi y’Amagare mu bangavu batarengeje imyaka 19, nyuma yo gukoresha iminota 25...