skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Muhanga: Aborozi bahendwa n’ibiryo by’amafi bagura Iburasirazuba

Abarozi b’amafi bibumbiye muri Koperative y’Ifi ya Gikeri (KOFIGI) mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Mushishiro, bavuga ko bafite ikibazo cy’ibiryo bihenze kandi bituruka kure, mu Ntara...
25 September 2025 Yasuwe: 201 0

Ibikorwa byo gusenya FDLR bishobora gutangira mu Ukwakira 2025

Urwego ruhuriweho rushinzwe gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (JSCM) rwemeje ko ibikorwa bishyigikira kubahiriza aya...
25 September 2025 Yasuwe: 733 0

Perezida Kagame yashimangiye ko abumva ko u Rwanda rutakwakira ibikorwa bikomeye basizwe n’amateka

Perezida Paul Kagame, yavuze ko abumva ko igihugu nk’u Rwanda kidashobora kwakira ibikorwa bikomeye nka Shampiyona y’Isi y’Amagare bafite imyumvire itakigezweho.
25 September 2025 Yasuwe: 468 0

Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano

Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, Donald Trump, akwiye kwitwara nk’umuntu ufite inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye, akareka kujya...
25 September 2025 Yasuwe: 265 0

Imihanda ya Kigali izandikwa mu mateka- Chapman wafashije Australia gutwara umudali wa Zahabu

Umunya-Australia, Chapman Brodie, yakanzwe n’imihanda ya Kigali iri kugora bakinnyi bari guhanganira imidali ya Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025.
25 September 2025 Yasuwe: 434 0

Boris Johnson yasabye Guverinoma y’u Bwongereza gusubizaho gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yasabye Guverinoma y’icyo gihugu gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuko kuva...
25 September 2025 Yasuwe: 180 0

Uganda: Bobi Wine na Gen Mugisha Muntu batanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi na Gen Muntu Mugisha bashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire zabo aho bagiye guhatana mu matora y’Umukuru...
24 September 2025 Yasuwe: 551 0

U Rwanda rwashimye ubwitabire bw’abafana muri Shampiyona y’Isi y’Amagare

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye uko Abanyarwanda bari kwitabira gukurikirana amasiganwa ya Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 iri kubera mu Rwanda, inashimira abakinnyi bayitabiriye.
24 September 2025 Yasuwe: 313 0

Rubio yagaragaje uburyarya bw’Abanyaburayi basaba Amerika guhana u Burusiya bo bakajya guhahayo

Umunyamabanga wa Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yashinje Abanyaburayi kugira uburyarya bukomeye, basaba igihugu cye gushyiriraho u Burusiya ibihano bikakaye nyamara bagaca...
24 September 2025 Yasuwe: 423 0

Malawi: Mutharika wahoze ari Perezida mu nzira imusubiza ubutegetsi

Peter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse guhanganamo na Perezida Lazarus Chakwera uri gushaka indi manda.
24 September 2025 Yasuwe: 303 0