Abarozi b’amafi bibumbiye muri Koperative y’Ifi ya Gikeri (KOFIGI) mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Mushishiro, bavuga ko bafite ikibazo cy’ibiryo bihenze kandi bituruka kure, mu Ntara...
Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, Donald Trump, akwiye kwitwara nk’umuntu ufite inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye, akareka kujya...
Umunya-Australia, Chapman Brodie, yakanzwe n’imihanda ya Kigali iri kugora bakinnyi bari guhanganira imidali ya Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025.
Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yasabye Guverinoma y’icyo gihugu gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuko kuva...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye uko Abanyarwanda bari kwitabira gukurikirana amasiganwa ya Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 iri kubera mu Rwanda, inashimira abakinnyi bayitabiriye.
Peter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse guhanganamo na Perezida Lazarus Chakwera uri gushaka indi manda.