Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere cyatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drones 619. Ni ibitero Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko byahitanye abantu batatu...
Abimukira 11 birukanywe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika bakoherezwa muri Ghana bareze Leta y’icyo gihugu nyuma y’uko bashyizwe mu kigo cya gisirikare kandi nta cyaha bakoze.