skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Perezida Kagame yakiriwe ku meza na mugenzi we wa Azerbaijan

Ku wa Gatandatu tariki 20 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi muri Azerbaijan, yakiriwe ku meza na mugenzi we, Ilham Aliyev.
21 September 2025 Yasuwe: 413 0

Isoko nyambukiranyamipaka rya Rusizi I ryatangiye kwangirika

Isoko nyambukiranyamipaka rya Rusizi I rimaze imyaka 6 ryarabuze abarikoreramo ryatangiye kugaragaza ibimenyetso byo kwangirika haba urirebeye inyuma ndetse n’imbere mu byumba.
21 September 2025 Yasuwe: 287 0

Imbamutima za Igor Mabano wibarutse ubuheta

Umuhanzi Igor Mabano uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu Rwanda yibarutse ubuheta, we n’umgore we Laura Collette.
21 September 2025 Yasuwe: 221 0

U Burusiya bwagabye igitero cya drones 610 kuri Ukraine

Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere cyatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drones 619. Ni ibitero Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko byahitanye abantu batatu...
20 September 2025 Yasuwe: 639 0

USA: Abanyamahanga bafite ubumenyi bwihariye bazajya bishyura ibihumbi 100$ buri mwaka

Perezida Amerika, Donald Trump yasinye iteka risaba abanyamahanga bahabwa visa kubera ubumenyi bwihariye cyangwa impano ko bazajya bishyura ibihumbi 100$ buri mwaka, bidakuyeho umuntu ashobora...
20 September 2025 Yasuwe: 446 0

U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi

Guverinoma y’u Rwanda yashyize umukono ku masezerano y’ubufatatanye na Brésil mu bijyanye no guteza imbere uburezi.
20 September 2025 Yasuwe: 254 0

Sudani: Abaturage barenga 70 baguye mu gitero RSF yagabye muri El-Fasher

Abaturage barenga 70 baguye mu bitero bya drone umutwe wa RSF uhanganye n’ingabo za Leta, wagabye ku musigiti wo mu gace ka El- Fasher muri Sudan.
20 September 2025 Yasuwe: 318 0

U Rwanda na Azerbaijan byagiranye amasezerano atanu

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Azerbaijan kuri uyu wa 20 Nzeri 2025 zagiranye amasezerano atanu y’ubufatanye mu buhinzi, uburezi, serivisi z’itumanaho ryifashishwa mu kirere, ubucuruzi n’imitangire ya...
20 September 2025 Yasuwe: 312 0

Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uburiganya bw’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe kwinjira mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umunyamakuru w’ikinyamakuru VRT cyo mu Bubiligi, Stijn Vercruysse, yagerageje gukoresha uburiganya...
20 September 2025 Yasuwe: 832 0

Ghana: Abimukira birukanywe muri Amerika bareze Leta

Abimukira 11 birukanywe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika bakoherezwa muri Ghana bareze Leta y’icyo gihugu nyuma y’uko bashyizwe mu kigo cya gisirikare kandi nta cyaha bakoze.
19 September 2025 Yasuwe: 482 0