Guverinoma y’u Rwanda ikomeje kongera imbaraga mu kubyaza ingufu zikenewe mu kugeza amashanyarazi ku Banyarwanda bose bitarenze mu mwaka wa 2030, ikaba iteganya gushora miliyari 16 z’amadolari ya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mu byo atekereza harimo no koherereza Ukraine misile zo mu bwoko bwa Tomahawk, ibintu bishobora gutuma intambara hagati yayo n’u...
Senateri Uwizeyimana Evode yatangaje ko imyitwarire ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, igaragaza ko nta biganiro by’amahoro ashaka, ko icyamushobora...
Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, w’imyaka 70, kuri uyu wa Mbere aramenyeshwa igihe azatangirira igifungo cy’imyaka itanu na gereza azagikoreramo, nyuma yo guhamywa n’urukiko...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko intambara yo muri Gaza “yarangiye”, ubwo yari mu rugendo agiye muri Israel aho yiteguye kureba ihererekanwa ry’imfungwa hagati...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yatangaje ko amafaranga Leta ye yakagombye kwifashisha mu guteza imbere imibereho myiza y’abaturage, kubaka...