Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abivuriza ku bwishingizi bwa RAMA bagiye kujya bemererwa kwivuriza mu mavuriro y’ibanze ‘postes de santé’ aho ku ikubitiro hazaherwa ku mavuriro 15 nk’uburyo...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yakuyeho visa ku banyamahanga bagaragaye bishimira urupfu rwa Charlie Kirk mu ruhame.
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze ifoto ye yakoreshejwe n’ikinyamakuru Time Magazine, ku nkuru igaragaza uruhare yagize mu guhagarika imirwano muri Gaza.
Abaturage bo mu Mudugudu wa Rusamaza, Akagari ka Muhira, Umurenge wa Rugerero, mu Karere ka Rubavu, baratabaza inzego zibishinzwe bazisaba kubamururaho abajura babarembeje, aho badahwema kwiba...
Paula Kajala, umugore w’umuhanzi w’Umunya-Tanzania, Marioo yagaragaje ko amashusho y’indirimbo nshya “Njozi” yahuriyemo umugabo we na Element EleéeH, yakuruye intonganya mu rugo rwe kubera inkumi...
Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki (NFPO) kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 yatoreye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana kuba Abasenateri.
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 ayoboye inama ihuza abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi iri kubera i...