Sosiyete ya Apple yatangaje ko yashoye imari mu mushinga wo gutunganya ingufu zisubira ku Mugabane w’u Burayi, uzatanga ingufu zingana na megawatts 650.
Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari umusirikare uri kuvugwa cyane nyuma yo gutungura bagenzi be bakorera mu yindi mitwe y’ingabo, agatangaza ko we n’abo ayoboye bagiye...
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro uba mu ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, byarasaniye mu ntara ya Maniema ku wa 14 Ukwakira 2025.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abivuriza ku bwishingizi bwa RAMA bagiye kujya bemererwa kwivuriza mu mavuriro y’ibanze ‘postes de santé’ aho ku ikubitiro hazaherwa ku mavuriro 15 nk’uburyo...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yakuyeho visa ku banyamahanga bagaragaye bishimira urupfu rwa Charlie Kirk mu ruhame.