Abahanzi bakomeye muri Afurika y’iburengerazuba bo muri Nigeria, Rema na Ayra Starr, bakomeje kuvugwa mu itangazamakuru ko bashobora kuba bari mu rukundo.
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila...
Benjamin Netanyahu, ufite agahigo ko kuba ari we umaze igihe kinini ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, yatangaje ko azongera kwiyamamaza mu matora y’abadepite ateganyijwe kuba mu Ugushyingo 2026.
Abayobozi bahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye mu nama y’ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamiye umutekano wo mu karere no mu iterambere ry’ubukungu.