Perezida Paul Kagame yatangaje ko nubwo Afurika iri ku isonga ku Isi mu kugarizwa n’ibibazo by’umutekano muke ariko nta bantu bafite inshingano n’umutwaro wo kuyicungira umutekano uretse yo ubwayo.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari kwiga ku cyemezo cyo kubabarira cyangwa kugabanyiriza igihano umuraperi Sean “Diddy” Combs mu minsi mike iri imbere, nk’uko byatangajwe...
Intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 21 n’uwa 22 Ukwakira 2025 zirahurira mu nama ya gatatu y’urwego ruhuriweho rw’umutekano igenzurirwamo intambwe zimaze...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko bamwe mu Banyarwanda bageze mu zabukuru babaye mu mashyaka ya MRDN na Parmehutu banga...
Komisiyo y’amatora yo muri Cameroon yatangaje ko ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu by’agateganyo byerekana ko Perezida Paul Biya w’imyaka 92 y’amavuko ari we uzatsinda.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zimaze igihe muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ziri guhungishiriza intwaro zazo mu bigo bya gisirikare byo mu Burundi birimo...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitille yavuze ko hagiye gukorwa impinduka mu bisabwa ukeneye kuba Umwanditsi mukuru w’urukiko hakongerwamo ko agomba kuba afite uburambe muri ako kazi.