U Rwanda na Pakistan byiyemeje gukomeza ubufatanye bugamije gushyigikira no guteza imbere ubumenyi mu burezi n’ikoranabuhanga hagamijwe guteza imbere urubyiruko no kurwanya ubushomeri.
Ishyaka PPRD ryashinzwe na Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ryiteguye guhangana na Leta yarihagarikiye ibikorwa.
Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, Maj Gen Alex Kagame n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe Ibikorwa (DIGP) Vincent Sano, bakiriye itsinda ry’ingabo n’abapolisi bamaze umwaka...
Umugabo w’imyaka 53 wo mu Karere ka Rutsiro, yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye, hakekwa amakimbirane yo mu muryango aho yari amaze iminsi ashinja umugore we ku muca inyuma.