skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Kenya: Umwana w’imyaka 9 yatabaye abari bagiye kugwa mu mpanuka

Boniface Njoroge w’imyaka icyenda wo mu gake ka Murang’a muri Kenya, yatabaye abantu icyenda bari bagiye gupfira mu mpanuka y’imodoka.
28 October 2025 Yasuwe: 951 0

Perezida Samia ahabwa amahirwe: Iby’ingenzi wamenya ku matora yo muri Tanzania

Mu gihe muri Tanzania bitegura amatora rusange y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, amahirwe arahabwa Perezida Samia Suluhu Hassan kuko abanyapolitiki bakomeye bari guhatana...
28 October 2025 Yasuwe: 570 0

Umwana w’Umwami Musinga wari usigaye ku Isi yitabye Imana

Umukobwa w’Umwami Umwami Yuhi Musinga wari usigaye ku Isi witwa Speciose Mukabayojo yatabarutse ku myaka 93.
28 October 2025 Yasuwe: 2105 0

Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzatwara arenga miliyari 100 Frw

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzarangira utwaye miliyoni 70$ (arenga miliyari 101 Frw).
28 October 2025 Yasuwe: 709 0

Ubusabe bwo kuburanisha Macky Sall wayoboye Sénégal bwatewe utwatsi

Inteko Ishinga Amategeko ya Sénégal yateye utwatsi ubusabe bwo kuburanisha Macky Sall wayoboye iki gihugu kuva mu 2012 kugeza mu 2024.
28 October 2025 Yasuwe: 512 0

U Rwanda na Pakistan biyemeje ubufatanye mu guteza imbere ubumenyi n’ikoranabuhanga

U Rwanda na Pakistan byiyemeje gukomeza ubufatanye bugamije gushyigikira no guteza imbere ubumenyi mu burezi n’ikoranabuhanga hagamijwe guteza imbere urubyiruko no kurwanya ubushomeri.
28 October 2025 Yasuwe: 446 0

Ishyaka PPRD rya Kabila ryiteguye guhangana na Leta yarihagarikiye ibikorwa

Ishyaka PPRD ryashinzwe na Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ryiteguye guhangana na Leta yarihagarikiye ibikorwa.
28 October 2025 Yasuwe: 588 0

Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda bavuye muri Mozambique bashimiwe

Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, Maj Gen Alex Kagame n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe Ibikorwa (DIGP) Vincent Sano, bakiriye itsinda ry’ingabo n’abapolisi bamaze umwaka...
28 October 2025 Yasuwe: 664 0

Hamenyekanye igihe Diddy azafungurirwa

Nyuma yo gukatirwa mu ntangiro za Ukwakira 2025, hamaze kumenyekana igihe umuraperi Sean ‘‘Diddy’’ Combs azavira muri Gereza.
28 October 2025 Yasuwe: 607 0

Rutsiro: Umugabo washinjaga umugore kumuca inyuma yasanzwe mu mugozi yapfuye

Umugabo w’imyaka 53 wo mu Karere ka Rutsiro, yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye, hakekwa amakimbirane yo mu muryango aho yari amaze iminsi ashinja umugore we ku muca inyuma.
28 October 2025 Yasuwe: 420 0