Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 guhagarika imirwano.
Israel ibinyujije mu muryango utabara imbarabare, Croix Rouge, yatanze imirambo 30 y’Abanya-Palestine bapfiriye muri iki gihugu, ndetse bivugwa ko imwe muri yo igaragaza ibimenyetso by’itotezwa.
Ni umunsi wa gatatu w’imyigaragambyo ku banya-Tanzania, bigabije imihanda bamagana amatora y’umukuru w’igihugu yo ku wa 29 Ukwakira 2025, banga kumva ibyo basabwe n’ubuyobozi bw’ingabo muri...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 17 yisanze mu Itsinda A ry’imikino ya ‘CAF U17 AFCON CECAFA Region Qualifiers’ yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje...
Umuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMIYUMUKIZA Emile aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka Rwamagana
Itangazo riri hano hasi