Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye bagenzi be b’u Burusiya n’u Bushinwa, avuga ko ababona nk’abayobozi b’abanyembaraga, abanyabwenge kandi badakinishwa.
Umutingito uri ku gipimo cya 6,3, wibasiye agace kari hafi y’umujyi wa Mazar-e-Sharif uherereye mu Majyaruguru ya Afghanistan, uhitana abantu 20 mu gihe abarenga 260 bakomeretse ndetse uyu mubare...
Abantu batanu barimo umugore umwe, bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi, bakurikiranyweho ibikorwa bihungabanya umutekano birimo ubujura bw’amatungo no gutobora...
Ubushakashatsi bwakozwe ku ikoreshwa rya telefone mu bana ku Isi bwagaragaje ko abana bahabwa telefone mbere y’imyaka 13 baba bafite ibyago byinshi byo kugira ibitekerezo bibaganisha ku kwiyahura,...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye kubeshya amahanga, ko u Rwanda rufite umugambi mugari wo kwiyomekaho ibice by’igihugu cye.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Jean Patrick Olivier yatangaje ko bikwiye ko imirwano ibanza guhagarara kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bishoboke mu Burasirazuba...