Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi, yatangaje ko yakiririye agakiza mu bwiherero bwo ku ishuri kubera gutinya ko bibaza impamvu yatinze gukizwa.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Gen Júlio dos Santos Jane, ari kumwe na Maj Gen André Rafael Mahunguane, Umugaba w’Ingabo za Mozambique zirwanira ku butaka, basuye Inzego z’umutekano z’u...
Kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025, i Paris mu Bufaransa hagiye kuba inama mpuzamahanga igamije gufasha akarere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari kubona amahoro no kugera ku iterambere rirambye.
Perezida wa Guyana, Dr Irfaan Ali, yagaragaje ko yishimiye ibiganiro aherutse kugirana n’abarimo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, uwa Kosovo, Vjosa Osmani, Minisitiri w’Imari wa Qatar, Ali bin...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko agiye kongera kugerageza intwaro kirimbuzi mu rwego rwo kwihumura ku bihugu bahanganye nk’u Burusiya, u Bushinwa n’ibindi.
Umuryango mpuzamahanga w’Abakirisitu barwanya iyicarubozo (ACAT) watangaje ko kuva mu 2024, inkiko zo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zakatiye abarenga 300 igihano cy’urupfu.