Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaganiriye n’Abanyarwanda bakora bakora mu nzego Mpuzamahanga, kuri gahunda...
Ikipe ya Al Ahli Wad Madani yo muri Sudani, iherutse gusaba ko yifuza gukina gukina Shampiyona y’u Rwanda ya 2025/26, yatangaje ko itacyitabiriye iri rushanwa.
Komisiyo Ishinzwe Imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yateye utwatsi ubusabe bw’amapike ya APR FC n’Amagaju FC yari yagaragaje ko yarenganyijwe n’abasifuzi ku...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi bwatangaje ko umurambo w’umusore witwa Musirikare Obed wari waheze mu Burundi wamaze kugera mu Rwanda ndetse ko ugiye guhita ushingurwa.
Kuri uyu wa Gatatu abaturage ba Tanzania bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu asiga hamenyakanye Perezida ugiye kuyobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu iri imbere.
Ikigo GasMeth Energy cyatangaje ko cyongereye miliyoni 170 z’amadolari ya Amerika, ni ukuvuga miliyari zisaga 247 z’amafaranga y’u Rwanda mu mushinga wo gukura ingufu muri gazi metani (Gas Methane)...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, wifatanyije n’abayobozi bakuru barimo Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, n’abandi banyacyubahiro yerekanye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo...