U Rwanda rurakataje mu kwimakaza ubundi bwoko bushya bw’ubukerarugendo bushingiye ku mikino, bwiyongera ku busanzwe bumenyerewe bushingiye ku nyamaswa, ibyiza bitatswe u Rwanda, umuco n’ibindi.
Umutoza w’ikipe ya AZAM FC Florent Ibenge Ikwange yatangaje ko ubwo yatozaga RS Berkane bagowe cyane no gutsinda ikipe ya APR FC nubwo byarangiye begukanye irushanwa rya Confederation Cup bakinaga.
Sandra Teta uri mu bagore bakanyujijeho mu Rwanda ubu usigaye aba muri Uganda aho yashakanye n’umuririmbyi Weasel, we n’umugabo we bavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga benshi nyuma yo...
Irushanwa ry’amagare rizwi nka “Umusambi Race” ryateguwe ku nshuro ya gatatu mu rwego rwo kubungabunga imisambi. Ku nshuro ya mbere abakinnyi bazasiganwa mu muhanda wa kaburimbo (Road Race).