Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko umutwe wa Hamas uzafatirwa ibihano bikomeye mu gihe wananirwa kwemera umushinga wa Trump wo kugarura amahoro muri Gaza, ugizwe...
Uruganda rw’ibikoresho bya siporo rwa Reebok rwatangaje ko rutiteguye gukura ikirango cyarwo ku myambaro y’amakipe y’igihugu ya Israel nubwo hari igitutu cyinshi cy’abasaba guhagarika imikoranire.
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu kwezi k’Ukwakira kwatangiye kuri uyu wa Gatatu, hateganyijwe imvura iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’imvura yari isanzwe igwa...
Ikipe ya APR FC igiye gucakirana na Pyramids FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League mu gihe imaze imyaka 8 idatsindirwa mu rugo muri iri rushanwa.