Kenny Sol amaze iminsi muri Canada aho mu minsi ishize yagaragaye mu birori byo kwizihiza isabukuru ya mukuru we uhatuye, amakuru akavuga ko ikindi cyamujyanye muri icyo gihugu ari ugufata...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald Trump, narangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cye,...
Nyuma yo kwegukana Champions League yayo ya kabiri mu mateka, Arsenal WFC ishobora guhirwa n’ijoro rya none ikabona Ballon d’Or ya mbere n’ubwo ibikurankota bya FC Barcelona Fermin bitayoroheye.
Niyigena Clarisse w’imyaka 21, wo mu Mudugudu wa Gatiti, Akagari ka Rwufi, Umurenge wa Mutuntu, Akarere ka Karongi, arashakishwa n’ubuyobozi bw’uwo Murenge n’inzego z’umutekano nyuma yo kwirara mu...
Ubushakashatsi bwa kaminuza yo muri Amerika ya NYU bwagaragaje ko kugira isuku nke yo mu kanwa bifite aho bihuriye na kanseri y’urwagashya, binyuze mu macandwe.