Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar yamaganye amagambo yatangajwe na Minisitiri w’Intebe wa Israel avuga ko ibitero bagabye i Doha bisa neza nk’ibyo Amerika yagabye yihimura ku bitero bya...
Social Mula uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda, yagaragaje ko King James ari umwe mu bantu bamubaye hafi ubwo yatangiraga urugendo rwe rw’umuziki ndetse akanamushyigikira cyane ubwo...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iri gushakisha abasore batatu bagaragaraye mu mashusho bakubita bakanakomeretsa umukobwa mu Murenge wa Nyarugenge.
Ibyo byabereye mu Kagari ka Rwampara talik ya 11...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabiye Decarlos Brown igihano cyo kwicwa nyuma yo gutera ibyuma umunya-Ukrainekazi muri gari ya moshi akamwica.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko muri Shampiyona y’Isi y’Amagare igiye kubera mu Rwanda, nta serivisi z’ubuvuzi zizahagarara, ko ahubwo hari kurebwa uburyo abaturage bazoroherezwa...