Minisitiri w’Intebe wa Ukraine, Yulia Svyrydenko, yatangaje ko kuva intambara bahangenyemo n’u Burusiya yatangira kubahuza ari bwo iki gihugu kirashe ku nyubako ya Leta ikoremo abaminisitiri.
Simon Peter Engurait wari usanzwe ari Umupadiri ukomoka muri Uganda yagizwe Musenyeri wa Diyosezi ya Houma-Thibodaux muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Michael Bay uzwi cyane nk’umuyobozi wa filime z’uruhererekane rwa Bad Boys n’izindi zikomeye ku isi, yashimye imigendekere y’umuhango wa Kwita Izina 2025 wabereye mu Kinigi, avuga ko ari ibirori...
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yavuze ko u Rwanda atari insina ngufi imbere ya Nigeria bazahura mu mukino w’Umunsi wa Karindwi mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
APR FC izakirira Pyramids FC yo mu Misiri kuri Kigali Pelé Stadium mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League uzasifurwa n’abasifuzi bakomoka muri Afurika y’Epfo.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku iteka ryemeza ko umusoro utangwa n’ibigo byo mu Buyapani uva kuri 27,5% ukagera kuri 15%, ibizoroshya ubuhahirane hagati...