skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

U Burusiya bwarashe inyubako ya Leta ikoreramo Minisiteri muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Ukraine, Yulia Svyrydenko, yatangaje ko kuva intambara bahangenyemo n’u Burusiya yatangira kubahuza ari bwo iki gihugu kirashe ku nyubako ya Leta ikoremo abaminisitiri.
8 September 2025 Yasuwe: 177 0

Umwihariko wa TRL Group, uruganda rukorera mu Rwanda drones zirimo iza gisirikare

U Rwanda rukomeje guteza imbere ubwikorezi bwo mu kirere by’umwihariko ubukoresha drones mu mirimo itandukanye yaba iya gisivile n’iya gisirikare.
8 September 2025 Yasuwe: 179 0

Umupadiri wo muri Uganda yagizwe Musenyeri wa Diyosezi yo muri Amerika

Simon Peter Engurait wari usanzwe ari Umupadiri ukomoka muri Uganda yagizwe Musenyeri wa Diyosezi ya Houma-Thibodaux muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
8 September 2025 Yasuwe: 182 0

Michael Bay wayoboye filime ‘Bad Boys’ yavuze ko ibirori byo Kwita Izina bisumba ibya ‘Super Bowl’

Michael Bay uzwi cyane nk’umuyobozi wa filime z’uruhererekane rwa Bad Boys n’izindi zikomeye ku isi, yashimye imigendekere y’umuhango wa Kwita Izina 2025 wabereye mu Kinigi, avuga ko ari ibirori...
6 September 2025 Yasuwe: 563 0

Ntabwo turi insina ngufi- Bizimana Djihad ku mukino wa Nigeria

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yavuze ko u Rwanda atari insina ngufi imbere ya Nigeria bazahura mu mukino w’Umunsi wa Karindwi mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
6 September 2025 Yasuwe: 879 0

Umukino wa APR FC na Pyramids FC wahawe Abanya-Afurika y’Epfo i Nyamirambo, ku masaha atamenyerewe

APR FC izakirira Pyramids FC yo mu Misiri kuri Kigali Pelé Stadium mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League uzasifurwa n’abasifuzi bakomoka muri Afurika y’Epfo.
6 September 2025 Yasuwe: 1257 0

NESA yasabye ababyeyi kubahiriza gahunda y’ingendo z’abanyeshuri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasabye ababyeyi kubahiriza igihe cyo gusubiza abana ku mashuri ndetse no kubahiriza gahunda y’ingendo z’abanyeshuri hagendewe...
6 September 2025 Yasuwe: 494 0

Hakorwa iki mu kugabanya ibyaha mu nkiko z’u Rwanda?

Usomye ingingo 335 z’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, usangamo byinshi umuntu akora yibwira ko bidahanwa n’amategeko n’ibyo akora abizi neza ko ijisho ry’ubutabera nirimugeraho, nta...
6 September 2025 Yasuwe: 532 0

Perezida Kagame yakiriye Zo’o Minto’o uyobora Ikigo Nyafurika cy’iby’indege

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Nyafurika gishinzwe umutekano no kuyobora ingendo z’indege (ASECNA), Prosper Zo’o Minto’o.
5 September 2025 Yasuwe: 457 0

Amerika: Umusoro ku modoka ziva mu Buyapani wagabanyijweho 12%

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku iteka ryemeza ko umusoro utangwa n’ibigo byo mu Buyapani uva kuri 27,5% ukagera kuri 15%, ibizoroshya ubuhahirane hagati...
5 September 2025 Yasuwe: 330 0