Chairman w’ikipe ya Police FC, CP Yahya Kamunuga yasobanuye ko iyi kipe yinjiranye intego zikomeye mu mwaka w’imikino wa 2025/2026 zo guhatanira ibikombe mu marushanwa yose bazitabira.
Abakinnyi batanu ba APR FC bari mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, bagiye gusanga bagenzi babo muri Tanzania kugira ngo bazayifashe mu mikino isigaje mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) gusoresha ibicuruzwa bituruka mu Bushinwa n’u Buhinde ku rugero rwa 100%, hagamijwe gukomeza...
Ross Kana yahishuye ko ababazwa cyane n’abavuga ko aryamana n’abagore bakuze kubera amaramuko (umupfubuzi), ahamya ko biterwa n’ababona uko abayeho bakibeshya ko ariyo nzira yaba akuramo amafaranga...