Imodoka ya U9 Xtreme y’uruganda rwa BYD rwo mu Bushinwa yaciye agahigo ko kugira umuvuduko urusha uw’izindi ku Isi, aho yagendeye ku muvuduko wa kilometero 496.22 ku isaha (km/h).
Ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda ndetse no mu matsinda y’abakurikiranira hafi imyidagaduro, impaka zikomeje kuzamuka nyuma y’uko Muhoza Trivia Elle uvugwaho kuba Umunyarwandakazi yambitswe ikamba.
Mu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakomeje gufasha amakipe yo kwitwara neza.
Ikipe ya Arsenal yanganyije na Manchester City igitego 1-1 mu mukino wo ku munsi wa 5 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza bikomeza gushyira mu nyungu Liverpool.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma butangaza ko ubutaka buzahingwa muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2026 A bwiyongereyeho hegitari zirenga 2000 kuko bwavuye kuri hegitari ibihumbi 45 bugera kuri hegitari...