skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Imodoka ya BYD yaciye agahigo ko kugira umuvuduko urusha uw’izindi ku Isi

Imodoka ya U9 Xtreme y’uruganda rwa BYD rwo mu Bushinwa yaciye agahigo ko kugira umuvuduko urusha uw’izindi ku Isi, aho yagendeye ku muvuduko wa kilometero 496.22 ku isaha (km/h).
22 September 2025 Yasuwe: 321 0

Muhoza Trivia Elle wambitswe ikamba rya Miss Uganda yateje impaka yitwa Umunyarwandakazi

Ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda ndetse no mu matsinda y’abakurikiranira hafi imyidagaduro, impaka zikomeje kuzamuka nyuma y’uko Muhoza Trivia Elle uvugwaho kuba Umunyarwandakazi yambitswe ikamba.
22 September 2025 Yasuwe: 618 0

Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru

Mu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakomeje gufasha amakipe yo kwitwara neza.
22 September 2025 Yasuwe: 382 0

Premier League: Arsenal yaguye miswi na Manchester City bishyira mu nyungu Liverpool

Ikipe ya Arsenal yanganyije na Manchester City igitego 1-1 mu mukino wo ku munsi wa 5 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza bikomeza gushyira mu nyungu Liverpool.
22 September 2025 Yasuwe: 306 0

Rusizi: DASSO yasabwe kwirinda gukingira ikibaba abakekwaho ibyaha

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye abakozi b’ Urwego rwunganira Akarere mu gucunga umutekano DASSO kongera ubunyamwuga birinda gukingira ikibaba no guhutaza ababakekwaho ibyaha.
22 September 2025 Yasuwe: 220 0

U Burusiya bwasabye ibimenyetso ababushinja guhotora Navalny

U Burusiya bwasabye ibimenyetso bifatika abo mu Burengerazuba bw’Isi bakunze kubushinja kwivugana uwahoze atavuga rumwe na bwo, Alexei Navalny witabye Imana muri Mata 2024.
22 September 2025 Yasuwe: 268 0

Cardi B yahishuye ko yigeze gukomereka abyara

Cardi B yongeye kuvuga ku rugendo rwe rwo kubyara, yibuka uburyo rwamugoye ubwo yibarukaga abana be ba mbere.
22 September 2025 Yasuwe: 545 0

Perezida wa FERWAFA yahuye n’uwa FIFA baganira ku guteza imbere ruhago mu Rwanda

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA, Shema Fabrice yahuye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku Isi,FIFA, Gianni Infantino baganira ku guteza imbere ruhago mu...
20 September 2025 Yasuwe: 371 0

Ngoma: Ubutaka buzahingwaho bwiyongereyeho hegitari 2000

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma butangaza ko ubutaka buzahingwa muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2026 A bwiyongereyeho hegitari zirenga 2000 kuko bwavuye kuri hegitari ibihumbi 45 bugera kuri hegitari...
20 September 2025 Yasuwe: 275 0

Ibihugu byo muri EU byaguze mu Burusiya ibicuruzwa bya miliyari 8,7 z’Amayero mu mezi atatu

Ikigo cy’u Budage gishinzwe ubukungu (Bild) cyatangaje ko ibihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) byaguze ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyari 8,7 z’Amayero mu gihembwe cya mbere...
20 September 2025 Yasuwe: 292 0