Perezida Donald Trump yavuze ko impande zihanganye mu ntambara iri guhuza Israel na Hamas zishobora kugera ku masezerano yo kuyirangiza mu gihe gito kiri imbere.
amasezerano yo kurangiza intambara."
Nyuma y’uko hashyizwe hanze amashusho ari gutukana ibitutsi nyandagazi, DJ Brianne yaciye bugufi asaba imbabazi abakunzi be ndetse avuga ko ibyamubayeho ari amakosa akomeye yicuza.
Abakinnyi bane ba APR FC ari bo Niyomugabo Claude, Byiringiro Jean Gilbert, Mugisha Gilbert na Hakim Kiwanuka bagaragaye mu myitozo bambaye ’masque’ zirinda izuru.
Bimwe mu byavugiwe mu rubanza ruregwamo uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, ni uko iwe hasanzwe bimwe mu...
Kaminuza y’u Rwanda (UR) na Kaminuza ya Yonsei yo muri Koreya y’Epfo, basinyanye amasezerano y’ubufatanye (MoU) mu by’uburezi, by’umwihariko mu guteza imbere ubushakashatsi no guha icyerekezo...
Général Patrick Nyamvumba yasuye Rayon Sports iri kubarizwa muri Tanzania aho yagiye gukina na Singida Black Stars FC mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup 2025 kuri...