skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Perezida Museveni yijeje abahanzi Miliyari 12 Frw nyuma y’amatora

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko Guverinoma igiye kongera imbaraga mu gushyigikira urwego rw’ubuhanzi, by’umwihariko umuziki, aho yijeje abahanzi inkunga ya Miliyari 12 Frw...
29 September 2025 Yasuwe: 157 0

Gushyingiranwa kw’ababyara kwarikoroje mu Bwongereza

Abongereza banenze Ikigo cy’Ubuzima cyo mu Bwongereza (NHS), cyavuze ko ntacyo bitwaye kuba umuntu yashyingiranwa na mubyara we.
29 September 2025 Yasuwe: 165 0

Amavubi y’Abangavu batarengeje imyaka 20 yahawe ibihumbi 10$ nyuma yo gutsindwa na Nigeria

Ikipe y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20 yahawe ibihumbi 10$ [arenga miliyoni 14,4 Frw] nk’ishimwe ryihariye yagenewe n’intara ya Oyo yakiniyemo na Nigeria.
28 September 2025 Yasuwe: 519 0

Batatu baguye mu mirwano yahuje FARDC na Wazalendo

Abantu batatu barimo umusirikare umwe, baguye mu mirwano iheruka guhuza ingabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi ba Wazalendo muri teritwari ya Uvira muri Kivu...
28 September 2025 Yasuwe: 443 0

FBI yirukanye abakozi bayo bafotowe bari mu nkundura ya ’Black Lives Matter’

Urwego rushinzwe Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI), rwirukanye abakozi barwo bagera kuri 20 bafotowe mu 2020 bari mu nkundura ya ’Black lives Matter’ nyuma y’urupfu rw’umwirabura...
28 September 2025 Yasuwe: 313 0

Jenoside ntabwo ari igikinisho - Minisitiri Nduhungirehe kuri Tshisekedi wahinduye abicwa abicanyi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko abantu bakwiriye kuzirikana igisobanuro cya Jenoside aho kuyivugira mu kirere gutyo gusa, agaragaza ko ubu...
28 September 2025 Yasuwe: 447 0

Abanyakenya 20 batabawe bagiye gucuruzwa ngo bajye kurwanira u Burusiya muri Ukraine

Polisi yo muri Kenya yatangaje ko yatabaye abantu 20 bikekwa ko bari bagiye gucuruzwa ngo bahite boherezwa kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine.
27 September 2025 Yasuwe: 585 0

Nta bushobozi bafite bwo gutera u Rwanda: Maj Ndayambaje ku bo yasize muri FDLR

Major Ndayambaje Gilbert alias Castro, yamaze imyaka 27 ari umurwanyi mu mutwe wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi ukorera mu Burasizuba bwa Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
27 September 2025 Yasuwe: 957 0

Amerika ishobora kugaba igitero muri Venezuela

Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari gutekereza ku mugambi wo kugaba igitero muri Venezuela mu rwego rwo gusenya ibikorwaremezo byifashishwa mu gutunganya ibiyobyabwenge byerekezwa muri...
27 September 2025 Yasuwe: 560 0

Ibikorwa by’ubwubatsi i Rutsiro byahagaritswe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko bwahagaritse ibikorwa byose by’ubwubatsi mu gihe cy’amezi atatu mu kwirinda ko abaturage bakomeza kubaka mu kajagari kandi igishushanyombonera...
27 September 2025 Yasuwe: 686 0