Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byinjiye mu biganiro bya nyuma bitegura ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu bwitezweho kugirira...
Ronald Ssekiganda na Denis Omedi bakinira APR FC, bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda yitegura imikino y’umunsi wa cyenda n’uwa cumi yo mu Itsinda G mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba mu...
Israel yasabye imbabazi Qatar ku gitero iheruka kugaba mu Mujyi wa Doha mu nyubako yari irimo abayobozi b’umutwe wa Hamas bari mu biganiro bigamije kurangiza intambara.
Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yanenze icyemezo Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe cyo kumwambura visa, imuziza kunenga intambara ya Israel muri Gaza.
U Rwanda na Maroc byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire mu bijyanye no guteza imbere ingendo zo mu kirere yitezweho gukomeza koroshya ubuhahirane n’ingendo hagati y’ibihugu byombi.