Perezida wa Tanzania, Dr.Samia Sulubu Hassan yahaye ikipe ya Singida Black Stars FC arenga Miliyoni 2 z’Amanyarwanda kubera ko yatsinze Rayon Sports mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup...
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu bicwa n’inkongi z’umuriro buri mwaka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baziyongeraho 70% mu myaka 25 iri imbere.
Uwahoze ari Ambasaderi w’u Bubiligi mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, Johan Swinnen, yongeye kurya indimi abajijwe ku kuba harateguwe umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Perezida Donald Trump yavuze ko u Bushinwa n’u Buhinde bigira uruhare mu ntambara ihuza u Burusiya na Ukraine binyuze mu kugura gaz na peteroli y’u Burusiya, amikoro ayikomokaho akaba ari yo icyo...
Umugore wo muri Espagne yatwaye imodoka ye mu ntera y’ibilometero 14 ku mapine abiri. Uyu mugore wari wasinze ku rwego rwo hejuru ntiyamenye ko andi mapine yari yatakaye.