Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Gen Patrick Nyamvumba, yasuye abakinnyi ba APR FC mbere y’uko bakina na Al Hilal muri 1/2 cya CECAFA Kagame Cup abasaba kuyisezerera.
Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu (UN Human Rights Office) yagaragaje ko Leta ya Koreya ya Ruguru ikomeje kwiyambaza igihano cy’urupfu ku bwinshi,...
Ingabo za Israel zirwanira mu kirere ku wa 12 Nzeri 2025 zagabye igitero ku ishuri ry’Umuryango w’Abibumbye ryari ricumbikiyemo impunzi mu ntara ya Gaza muri Palestine.
Umutetsi wo muri Nigeria, Hilda Baci, waciye agahigo ka ‘Guinness World Record’ mu mwaka wa 2023 ko kuba uwambere mu guteka igihe kirekire ku Isi, yahize guteka isafuriya y’umuceri wa jollof nini...
Umuhanzikazi w’ikirangire ku Isi, Céline Dion, yari yaririmbye mu ndirimbo ya Patrick Norman yasubiyemo yise “Quand on est en amour” irimo abahanzi Nyarwanda ndetse n’abo muri Canada, ariko...