Ambasaderi mushya wa Brésil mu Rwanda, Irene Vida Gala, yifuza ko Leta y’u Rwanda yagirana imikoranire n’ikipe imwe yo muri Shampiyona ya Brésil by’umwihariko Flamengo na Corinthians zifite abafana...
APR FC yanganyije na KMC FC igitego 1-1 mu mukino usoza iyo mu Itsinda B rya CECAFA Kagame Cup 2025, ikomeza muri ½ cy’iri rushanwa riri kubera muri Tanzania iri ku mwanya wa mbere.
Akanama ka Leta y’u Bufaransa kafashe umwanzuro udasubirwaho utegeka ko Protais Zigiranyirazo wakurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 adashyingurwa mu Karere ka Orléans.
U Rwanda na Sénégal byasinye amasezerano ajyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere hagati y’ibihugu byombi azorohereza abaturage bo ku mpande zombi gukora ingedo zo mu kirere.
Umuyobozi w’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23, Général Major Sultani Makenga, yagaragaje ko afite umugambi wo gufata indi mijyi ikomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irimo...
Ikipe ya Rayon Sports irateganya gukoresha ingengo y’Imari ya Miliyari 2 z’Amanyarwanda mu mwaka utaha w’imikino aho kugeza kuri ubu ifite Miliyoni 400Frw.
Nyirahabimana Jacqueline, umukobwa wo mu Karere ka Nyagatare usanzwe akina umupira w’amaguru mu Ikipe ya Muhazi WFC na mugenzi we Mutuyimana Sandrine ukinira Ikipe ya Inyemera WFC ndetse n’Ikipe...