Lionel Messi yaciye amarenga yo gusezera mu Ikipe y’Igihugu ya Argentine, ubwo yari asoje umukino batsinzemo Venezuela ibitego 3-0, mu mukino ushobora kuba uwa nyuma akiniye mu rugo.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryaciye amarenga yo kuzajya gutabara abaturage bari mu kaga muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo no...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yafashe umugabo w’imyaka 36, wo mu Karere ka Burera uherutse gusohora amashusho y’ibinyoma abinyujije ku muyoboro wa YouTube, avuga ko mu Karere ka...
Ubuyobozi bw’ikipe yo gusiganwa ku magare ya Israel-Premier Tech bwavuze ko ikipe itava mu isiganwa rya La Vuelta, nubwo imyigaragambyo y’abifuza ko ivamo kubera intambara Israel yashoje mu gace ka...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ukraine yatangaje ko hari ibihugu byinshi byagaragaje ko byiteguye kwakira ibiganiro bizahuza Volodymyr Zelensky na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin,...