skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Primož Roglič mu bazakina Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali

Umunya-Slovenia, Primož Roglič ukinira Red Bull–Bora–Hansgrohe ni umwe mu bakinnyi beza bazaba bari guhatanira isiganwa rya Shampiyona y’Isi y’Amagare rizabera mu Rwanda.
2 September 2025 Yasuwe: 226 0

Amakipe ya Premier League yaciye agahigo ko gukoresha asaga miliyari 3£ agura abakinnyi mu mpeshyi

Amakipe yo muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League), yaciye agahigo ko gushora amafaranga menshi mu kugura abakinnyi muri iyi mpeshyi, aho kuri iyi nshuro yarenze kuri...
2 September 2025 Yasuwe: 281 0

Indirimbo ya Yago yashyizwe kuri Album yatanzwe muri Grammy Awards

Umuhanzi Yago Pon Dat ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko ashyizwe mu mushinga w’isi yose uzwi nka “The World Album – International Artists Project”, umushinga wamaze gushyikirizwa urwego rwa ‘For...
2 September 2025 Yasuwe: 404 0

Mu cyumweru kimwe gusa, abatoza batatu banyuze muri Manchester United birukanywe

Mu mateka y’umupira w’i Burayi, byabaye inkuru idasanzwe kubona abatoza batatu bose banyuze muri Manchester United birukanwa mu gihe cy’icyumweru kimwe. Aba ni Erik Ten Hag, José Mourinho na Ole...
1 September 2025 Yasuwe: 845 0

Bayer Leverkusen yirukanye umutoza Erik ten Hag atamaze kabiri

Ikipe ya Bayer Leverkusen yo muri Shampiyona y’u Budage, Bundesliga, yananiwe kwihanganira umusaruro nkene w’umutoza Erik ten Hag, imuhambiriza atamaze kabiri kuko hari hashize iminsi 62 ayerekejemo.
1 September 2025 Yasuwe: 329 0

Itsinda ryo muri Congo-Brazzaville ryanyuzwe n’uburyo bwa serivisi z’ubwubatsi n’imiturire y’imijyi mu Rwanda

Itsinda ry’abakozi ba Ministeri y’Ubwubatsi n’Imiturire mu Mijyi muri Congo-Brazzaville ryasuye u Rwanda mu rwego rwo gusangira ubumenyi ku miturire n’imitunganyirize y’imijyi, rinyurwa n’uburyo...
1 September 2025 Yasuwe: 290 0

Ish Kevin yasinye muri Universal Music Group

Ish Kevin yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire na ‘Universal Music Group,’ sosiyete ikomeye ku Isi mu bijyanye no gufasha abahanzi, igiye kujya imufasha mu bijyanye n’ubuhanzi bwe.
1 September 2025 Yasuwe: 286 0

Impinduka muri CECAFA Kagame Cup yitabiriwe na APR FC

Umukino wa APR FC na Bumamuru FC yo mu Burundi muri CECAFA Kagame Cup, wari uteganyijwe gukinwa tariki ya 2 Nzeri, wimuriwe ku wa Gatatu tariki ya 3 Nzeri 2025.
1 September 2025 Yasuwe: 393 0

Icyihishe inyuma ya ‘tattoo’ Tiwa Savage yishushanyijeho

Umuhanzikazi w’icyamamare wo muri Nigeria, Tiwa Savage, yahishuye ko agahinda gakomeye yatewe n’ihungabana ry’urukundo ari ko kamuhaye imbaraga zo kwishushanyaho ‘tattoo’.
1 September 2025 Yasuwe: 349 0

Uko abakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mbere yo kwerekeza mu Amavubi

Abakinnyi b’Ababanyarwanda bakina hanze barimo Biramahire Abeddy bitwaye neza mbere yo kwerekeza mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, ifitanye umukino na Nigeria na Zimbabwe mu gushaka itike...
1 September 2025 Yasuwe: 281 0