Umunya-Slovenia, Primož Roglič ukinira Red Bull–Bora–Hansgrohe ni umwe mu bakinnyi beza bazaba bari guhatanira isiganwa rya Shampiyona y’Isi y’Amagare rizabera mu Rwanda.
Amakipe yo muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League), yaciye agahigo ko gushora amafaranga menshi mu kugura abakinnyi muri iyi mpeshyi, aho kuri iyi nshuro yarenze kuri...
Umuhanzi Yago Pon Dat ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko ashyizwe mu mushinga w’isi yose uzwi nka “The World Album – International Artists Project”, umushinga wamaze gushyikirizwa urwego rwa ‘For...
Mu mateka y’umupira w’i Burayi, byabaye inkuru idasanzwe kubona abatoza batatu bose banyuze muri Manchester United birukanwa mu gihe cy’icyumweru kimwe. Aba ni Erik Ten Hag, José Mourinho na Ole...
Itsinda ry’abakozi ba Ministeri y’Ubwubatsi n’Imiturire mu Mijyi muri Congo-Brazzaville ryasuye u Rwanda mu rwego rwo gusangira ubumenyi ku miturire n’imitunganyirize y’imijyi, rinyurwa n’uburyo...
Ish Kevin yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire na ‘Universal Music Group,’ sosiyete ikomeye ku Isi mu bijyanye no gufasha abahanzi, igiye kujya imufasha mu bijyanye n’ubuhanzi bwe.
Umukino wa APR FC na Bumamuru FC yo mu Burundi muri CECAFA Kagame Cup, wari uteganyijwe gukinwa tariki ya 2 Nzeri, wimuriwe ku wa Gatatu tariki ya 3 Nzeri 2025.
Umuhanzikazi w’icyamamare wo muri Nigeria, Tiwa Savage, yahishuye ko agahinda gakomeye yatewe n’ihungabana ry’urukundo ari ko kamuhaye imbaraga zo kwishushanyaho ‘tattoo’.