Rutahizamu Jesus Ducapel Moloko wakiniye amakipe arimo Young SC na AS Vita Club yabaye umukinnyi wa AS Kigali, akazayifasha mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26.
Ikipe ya Real Madrid yisanze izahura n’ibigugu bibiri byo mu Bwongereza, Liverpool na Manchester City, muri tombola y’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’Iburayi ya UEFA...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United, Ruben Amorim yavuze ko hari ikigomba guhinduka nyuma y’uko basezerewe n’ikipe yo mu cyiciro cya Kane mu irushanwa rya Carabao Cup.
Abahanzi Bruce Melodie, Element Eleéeh, Burna Boy, na Davido bari mu batangajwe ku rutonde rw’abahataniye ibihembo bya AFRIMA 2025 (All Africa Music Awards) bizabera i Lagos muri Nigeria kuva...
Jimmy Ntare Muyumbu, umushoramari uri mu bamaze kumenyekana nk’inshuti y’abahanzi batandukanye, yongeye gutera ingabo mu bitugu Kevin Kade amufasha mu ikorwa ry’indirimbo ye nshya yise ‘Nyanja’.
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League), rwatangaje Ingengabihe y’uko amakipe azahura mu mikino ibanza mu mwaka wa 2025/26, aho ku Munsi wa Mbere Rayon...
Abakinnyi bo muri Shampiyona y’u Bwongereza, Premier League, bagira uruhare mu kugena ibiva mu mikino nk’uko byatangajwe n’umupolisi w’Umunya-Suède, Fredrik Gardare, wayoboye itsinda rishinzwe...