skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

U Burusiya bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwasezeranyije Leta y’Aba-Taliban iyoboye Afghanistan ko bugiye kongera inkunga buyitera, cyane cyane mu bijyanye no kurwanya iterabwoba ndetse no guhangana n’ibibazo by’ubukungu...
30 August 2025 Yasuwe: 340 0

Miss Jolly Mutesi yaryumyeho ku rukundo rwe na Lugumi Saidi

Miss Jolly Mutesi uri mu bitabiriye igitaramo cyo kumva album ‘Vibranium’ ya Nel Ngabo na Platini, yaruciye ararumira ubwo yari abajijwe ku rukundo rwe na Lugumi Saidi.
30 August 2025 Yasuwe: 434 0

Bobi Wine afite ubwoba bw’imiririmbire y’abahanzi b’ubu

Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye mu muziki nka Bobi Wine kuri ubu akaba ashyize imbere ibya politiki kurusha umuziki, yavuze ko ashengurwa n’imyandikire ndetse n’imiririmbire y’abahanzi bubu...
29 August 2025 Yasuwe: 519 0

Bull Dogg na Jacky bisanishije n’Abihaye Imana mu ndirimbo ya Jay C iri kuri Album nshya

Umuraperi Muhire Jean Claude wamamaye mu muziki nka Jay C Ambassador, yatangaje ko ageze kure imyiteguro yo gushyira hanze amashusho y’indi mu ndirimbo zigize Album ye nshya. Mu byo ateganya,...
29 August 2025 Yasuwe: 497 0

Rukundo Abdul Rahman “PaPlay” yerekeje muri Kiyovu Sports

Umurundi Rukundo Abdul Rahman “PaPlay” washeje amasezerano yari afitanye na Rayon Sports, yerekeje muri Kiyovu Sports asinya amasezerano y’umwaka.
29 August 2025 Yasuwe: 377 0

Shampiyona yo Koga ya 2025 igiye gukinwa

Shampiyona y’Igihugu y’Imikino yo Koga ya 2025 izakinwa ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Kanama, guhera saa Tatu za mu gitondo, muri piscine ya Green Hills Academy i Nyarutarama.
29 August 2025 Yasuwe: 241 0

AS Kigali yasinyishije abakinnyi batatu bashya

Ikipe ya AS Kigali yasinyishije abakinnyi batatu bashya ari bo Jesus Ducapel Moloko wakiniye Yanga SC yo muri Tanzania, Mitima Isaac na Ndikuriyo Patient bakiniye Rayon Sports.
29 August 2025 Yasuwe: 669 0

Tennis: Daniil Medvedev yaciwe arenga ibihumbi 42$ kubera imyitwarire mibi

Umukinnyi ukomeye muri Tennis, Daniil Medvedev, yategetswe gutanga ibihumbi 42,5$ kubera kugaragaza imyitwarire mibi mu irushanwa rya US Open riri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
29 August 2025 Yasuwe: 268 0

Umutoza wa APR FC yasabye imbabazi abafana

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Taleb, yasabye imbabazi abafana bayo ku makosa yakozwe mu mikino ya gicuti, abizeza intsinzi muri CECAFA Kagame Cup izabera muri Tanzania.
29 August 2025 Yasuwe: 558 0

Masai Ujiri yashyizwe mu itsinda ry’abafasha Loni kugera ku ntego z’iterambere rirambye

Masai Ujiri washinze Zaria Group akanatangiza iserukiramuco rya Giants of Africa rihuza abanyempano muri siporo n’imyidagaduro bo muri Afurika, yashyizwe mu itsinda rifasha Umuryango w’Abibumbye...
29 August 2025 Yasuwe: 217 0