U Burusiya bwasezeranyije Leta y’Aba-Taliban iyoboye Afghanistan ko bugiye kongera inkunga buyitera, cyane cyane mu bijyanye no kurwanya iterabwoba ndetse no guhangana n’ibibazo by’ubukungu...
Miss Jolly Mutesi uri mu bitabiriye igitaramo cyo kumva album ‘Vibranium’ ya Nel Ngabo na Platini, yaruciye ararumira ubwo yari abajijwe ku rukundo rwe na Lugumi Saidi.
Umuraperi Muhire Jean Claude wamamaye mu muziki nka Jay C Ambassador, yatangaje ko ageze kure imyiteguro yo gushyira hanze amashusho y’indi mu ndirimbo zigize Album ye nshya. Mu byo ateganya,...
Shampiyona y’Igihugu y’Imikino yo Koga ya 2025 izakinwa ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Kanama, guhera saa Tatu za mu gitondo, muri piscine ya Green Hills Academy i Nyarutarama.
Ikipe ya AS Kigali yasinyishije abakinnyi batatu bashya ari bo Jesus Ducapel Moloko wakiniye Yanga SC yo muri Tanzania, Mitima Isaac na Ndikuriyo Patient bakiniye Rayon Sports.
Umukinnyi ukomeye muri Tennis, Daniil Medvedev, yategetswe gutanga ibihumbi 42,5$ kubera kugaragaza imyitwarire mibi mu irushanwa rya US Open riri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umutoza wa APR FC, Abderrahim Taleb, yasabye imbabazi abafana bayo ku makosa yakozwe mu mikino ya gicuti, abizeza intsinzi muri CECAFA Kagame Cup izabera muri Tanzania.
Masai Ujiri washinze Zaria Group akanatangiza iserukiramuco rya Giants of Africa rihuza abanyempano muri siporo n’imyidagaduro bo muri Afurika, yashyizwe mu itsinda rifasha Umuryango w’Abibumbye...