Bruce Melodie yavuze ko indirimbo ‘Appetit’ yakoranye na Fik Fameica iyoboye indirimbo zamugoye kuva yatangira umuziki mu gihe ‘Nzaguha umugisha’ ari yo yamutunguye.
Umuraperi Lil Nas X, usanzwe yitwa Montero Lamar Hill, yamaze gutangaza ko atemera ibyaha bine yarezwe nyuma yo gufatwa n’abapolisi i Los Angeles ubwo yari ari mu muhanda yambaye ubusa.
Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Australia ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bazahagararira iki gihugu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera mu Rwanda hagati ya tariki ya 21 na 28...
Ikipe ya Liverpool yikuye imbere ya Newcastle United y’abakinnyi 10 bigoranye mu mukino wo ku munsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza.
Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Gospel ku isi, Smokie Norful [Willie Ray Norful Jr.], ufite Grammy Awards ebyiri, yagiriye ibihe byiza mu Rwanda ndetse ahura na bamwe mu bahanzi bakora umuziki...
Umuhanzi Britney Spears yavuze ko ubukwe bwe na Sam Asghari, baje gutandukana, bwari uburyo bwo kwiyibagiza ibibazo yari arimo, cyane cyane kuba yari yaraciwe ku bana be babiri, Sean Preston na...
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika. Ni imikino ya ½ ya ‘Professional Fighters League’ izabera muri BK Arena, ku wa 18 Ukwakira 2025.