skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Snoop Dogg atewe impungenge na filime z’abana zigaragazwamo ubutinganyi

Umuraperi w’icyamamare Snoop Dogg yagaragaje impungenge kuri filime z’abana zigaragazwamo ibikorwa by’abaryamana bahuje ibitsina avuga ko ari ikibazo gikwiriye kuvugutirwa umuti mu maguru mashya.
27 August 2025 Yasuwe: 205 0

Bruce Melodie yakomoje ku ndirimbo yamugoye n’iyamutunguye mu muziki we

Bruce Melodie yavuze ko indirimbo ‘Appetit’ yakoranye na Fik Fameica iyoboye indirimbo zamugoye kuva yatangira umuziki mu gihe ‘Nzaguha umugisha’ ari yo yamutunguye.
26 August 2025 Yasuwe: 471 0

Lil Nas yahakanye ibyaha aregwa nyuma yo gutabwa muri yombi yambaye ubusa

Umuraperi Lil Nas X, usanzwe yitwa Montero Lamar Hill, yamaze gutangaza ko atemera ibyaha bine yarezwe nyuma yo gufatwa n’abapolisi i Los Angeles ubwo yari ari mu muhanda yambaye ubusa.
26 August 2025 Yasuwe: 451 0

Joshua Baraka ukubutse i Kigali arishimira ko amaze kwandika indirimbo 1000

Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo wo muri Uganda, Joshua Baraka, arizihiza intambwe ikomeye mu rugendo rwe rw’umuziki nyuma yo gutangaza ko amaze kwandika indirimbo igihumbi kuva yatangira...
26 August 2025 Yasuwe: 336 0

Abakinnyi 24 bazahagararira Australia muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali

Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Australia ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bazahagararira iki gihugu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera mu Rwanda hagati ya tariki ya 21 na 28...
26 August 2025 Yasuwe: 328 0

Premier League: Bigoranye Liverpool yikuye imbere ya Newcastle United y’abakinnyi 10

Ikipe ya Liverpool yikuye imbere ya Newcastle United y’abakinnyi 10 bigoranye mu mukino wo ku munsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza.
26 August 2025 Yasuwe: 352 0

Ibigwi bya Smokie Norful ufite Grammy ebyiri wagiriye ibihe byiza mu Rwanda

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Gospel ku isi, Smokie Norful [Willie Ray Norful Jr.], ufite Grammy Awards ebyiri, yagiriye ibihe byiza mu Rwanda ndetse ahura na bamwe mu bahanzi bakora umuziki...
26 August 2025 Yasuwe: 141 0

Britney Spears yanenze ubukwe bwe na Sam Asghari batandukanye

Umuhanzi Britney Spears yavuze ko ubukwe bwe na Sam Asghari, baje gutandukana, bwari uburyo bwo kwiyibagiza ibibazo yari arimo, cyane cyane kuba yari yaraciwe ku bana be babiri, Sean Preston na...
26 August 2025 Yasuwe: 310 0

Bwa mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba ikomeye

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika. Ni imikino ya ½ ya ‘Professional Fighters League’ izabera muri BK Arena, ku wa 18 Ukwakira 2025.
26 August 2025 Yasuwe: 203 0

APR FC isobanya mu mashyi no mu mudiho: Ibyo twabonye mu irushanwa ’Inkera y’Abahizi’

Imikino y’irushanwa ry’Inkera y’Abahizi ryashyizweho akadomo ku wa 24 Kanama 2025, risiga byinshi byo kwibaza ku mwaka utaha w’imikino by’umwihariko ku makipe yaryitabiriye, aho harimo ayitwaye...
25 August 2025 Yasuwe: 835 0