Liverpool FC yatsinze Arsenal igitego 1-0 biyihesha kuyobora urutonde rwa Premier League n’amanota icyenda aho imaze gutsinda imikino yayo yose uko ari itatu.
Ikipe ya Liverpool igiye gusinyisha rutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak, ku masezerano azandika amateka mu Bwongereza aho imutangaho miliyoni 125 z’Amapawundi ku munsi wa nyuma w’igura...
Perezida wa Gasogi United FC, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yagaragaje ko Rayon Sports ikiri guhuzagurika isinyisha abakinnyi mu gihe habura igihe gito ngo Shampiyona y’u Rwanda ya 2025/26...
Urukiko rw’ubujurire rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse ko imisoro Perezida Donald Trump yashyikiriyeho amahanga menshi ikurwaho kuko inyuranyije n’amategeko.
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko gusesa ikigo cyari gishinzwe guteza inkunga ibihugu biri mu nzira y’iterambere (USAID)...
Umunya-Serbia Darko Nović yemejwe nk’Umutoza Mushya wa Al Merrikh SC yo muri Sudani iri mu mwiherero mu Rwanda, mu gihe iri gutegura umwaka utaha w’imikino.
Igisirikare cya Uganda gifunze Gen Maj James Birungi wayoboye urwego rw’ubutasi (CMI) kuva muri Mutarama 2022 kugeza muri Mata 2025 na Diviziyo y’ingabo zikorera mu misozi miremire.