Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yavuze ko yababajwe cyane n’urupfu rwa rutahizamu wa Liverpool n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Diogo Jota, n’umuvandimwe...
Umuhanzikazi Teta Barbara uzwi mu muziki nyarwanda ku izina rya Babo, ari mu rubyiruko 438 rwitabiriye Itorero Indangamirwa Icyiciro cya 15 ririmo kubera mu Kigo cy’Ubutore cya Nkumba, giherereye...
Habimana Hussein yashimangiye ko adashobora kuvangira ubuyobozi bwa Rayon Sports kuko nta kazi ayifitemo nk’umukozi, yemeza ko asanzwe ari inshuti na benshi mu bayobozi bayo mu buzima bwo hanze...