skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

APR FC igiye gutiza abakinnyi bane AS Kigali yatangiye kwisuganya

APR FC igiye gutiza Tuyisenge Arsène, Mugiraneza Froduard, Dushimimana Olivier ‘Muzungu’ na Kategaya Elie muri AS Kigali yatangiye kwisuganya.
23 July 2025 Yasuwe: 287 0

Arteta yavuze ko hari abandi bakinnyi Arsenal ikeneye nyuma yo gutanga miliyoni £123

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko ikipe ye ikeneye kongererwa umubare w’abakinnyi ndetse no kuzamura urwego rwabo nyuma yo gutanga hafi miliyoni £123.5 ku isoko ry’igura n’igurisha...
22 July 2025 Yasuwe: 291 0

Shema Fabrice yamaze impungenge abibaza ahazaza ha AS Kigali

Umuyobozi wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, yashimangiye ko iyi kipe abereye umuyobozi igomba gutangira akazi muri iki cyumweru mu gihe hari abibazaga ahazaza ha yo nyuma y’abakinnyi bayivuyemo.
22 July 2025 Yasuwe: 199 0

Volleyball: Umunyarwanda agiye gusifura...

Volleyball: Umunyarwanda agiye gusifura Igikombe cy’Isi Ndayisaba Alphonse usanzwe ari umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda mu mukino wa Volleyball, yerekeje muri Uzbekistan aho agiye gusifura...
22 July 2025 Yasuwe: 171 0

Abasifuzi b’impanga b’Abanyarwandakazi bavugishije benshi mu Gikombe cya Afurika cy’Abagore

Impanga z’Abanyarwandakazi, Umutoni Aline na Umutesi Alice, zavugishije benshi mu bari gukurikirana irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cy’Abagore riri kubera muri Maroc.
22 July 2025 Yasuwe: 325 0

Ruhago y’abafite ubumuga yabakuye mu bwigunge: Urugendo rwa Gatete na Ntambara bakina muri Turikiya

Umupira w’Amaguru ku bafite ubumuga (Amputee Football) ni umwe mu mikino itamenyerewe cyane mu Rwanda, ariko uko imyaka yigira imbere usiga amateka kuri bamwe mu bawumenye mbere.
22 July 2025 Yasuwe: 159 0

Twavuze ibyatubayeho baratwibasira– Miss Naomie nyuma y’ifungwa rya Château Le Marara

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2020, yumvikanishije ko nyuma y’uko we na bagenzi be bagaragaje ko bakiriwe nabi muri Château Le Marara bibasiwe binyuze mu magambo, ariko ko ukuri...
22 July 2025 Yasuwe: 409 0

Lamine Yamal yahaye ikaze Marcus Rashford

Marcus Rashford agiye kuva muri Manchester United yerekeza muri FC Barcelona ku ntizanyo ariko harimo n’amahirwe yo kugurwa burundu n’iyi kipe yo muri Catalonia.
22 July 2025 Yasuwe: 232 0

Ndong Mengue Chancelor wifuzwa na Rayon Sports yageze mu Rwanda

Umunya-Gabon, Ndong Mengue Chancelor, ukina ku mpande asatira izamu yageze i Kigali, aho agiye gukora igerageza muri Rayon Sports yashimwa agahabwa amasezerano.
21 July 2025 Yasuwe: 731 0

Ngaboyisonga mu basifuzi bane batsinzwe ikizamini cya mbere cya FIFA

Abasifuzi bane barimo Ngaboyisonga Patrick usifura hagati na Karangwa Justin usanzwe ari umusifuzi mpuzamahanga wo ku ruhande, batsinzwe ikizamini cya mbere cyo kureba urwego rwabo mbere yo...
21 July 2025 Yasuwe: 550 0