Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko ikipe ye ikeneye kongererwa umubare w’abakinnyi ndetse no kuzamura urwego rwabo nyuma yo gutanga hafi miliyoni £123.5 ku isoko ry’igura n’igurisha...
Umuyobozi wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, yashimangiye ko iyi kipe abereye umuyobozi igomba gutangira akazi muri iki cyumweru mu gihe hari abibazaga ahazaza ha yo nyuma y’abakinnyi bayivuyemo.
Umupira w’Amaguru ku bafite ubumuga (Amputee Football) ni umwe mu mikino itamenyerewe cyane mu Rwanda, ariko uko imyaka yigira imbere usiga amateka kuri bamwe mu bawumenye mbere.
Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2020, yumvikanishije ko nyuma y’uko we na bagenzi be bagaragaje ko bakiriwe nabi muri Château Le Marara bibasiwe binyuze mu magambo, ariko ko ukuri...
Marcus Rashford agiye kuva muri Manchester United yerekeza muri FC Barcelona ku ntizanyo ariko harimo n’amahirwe yo kugurwa burundu n’iyi kipe yo muri Catalonia.