skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Ibyo wamenya kuri Album ‘SWAG’ ya Justin Bieber

Mu gihe cy’imyaka ine adashyira hanze album, Justin Bieber kuri iyi nshuro yashyize hanze zimwe mu ndirimbo zigize album ya karindwi yise’SWAG’. Yaherukaga iyitwa’Justice’yagiye hanze mu 2021.
12 July 2025 Yasuwe: 329 0

Nzotanga yerekeje muri Police FC

Myugariro w’iburyo, Ndayishimiye Dieudonné uzwi nka Nzotanga, yerekeje muri Police FC yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri.
12 July 2025 Yasuwe: 237 0

CAF iri gukora iperereza ku Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Algeria yigaragambije kuri Maroc

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), iri gukora iperereza ku Ikipe y’Igihugu ya Algeria, nyuma yo kugaragaza imyitwarire mibi yo gupfuka ibirango n’amabendera bya Maroc biba...
11 July 2025 Yasuwe: 427 0

Charles Uwizihiwe uririmbana na Lionel Sentore yasezeranye imbere y’amategeko

Charles Niyonizigiye wamenyekanye nka Charles Uwizihiwe, umuririmbyi uzwi mu itsinda Ingangare aririmbana na Lionel Sentore, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Joséé Uwineza (Jojo) nyuma...
11 July 2025 Yasuwe: 580 0

Teacher Mpamire yagaragaje ko guhozaho bishobora gufasha gukabya inzozi

Umunyarwenya wamamaye cyane ku bwo kwigana Perezida Yoweri K. Museveni muri Uganda, Teacher Mpamire, yagaragaje ko guhozaho ari kimwe mu bishobora gufasha gukabya inzozi zabo.
11 July 2025 Yasuwe: 336 0

Gukorera licence A-CAF mu Rwanda biri gukosha

Mu gihe abatoza batoza umupira w’amaguru mu Rwanda bakomeje gushishakarizwa kwiga no kwagura ubumenyi, gukorera licence A-CAF ifatwa nk’imari ubu byashyizwe kuri miliyoni 1 Frw.
11 July 2025 Yasuwe: 338 0

Sitting Volleyball: Ikipe y’u Rwanda y’Abagore yagarukanye igikombe

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore mu mukino wa Sitting Volleyball iherutse kwegukana igikombe muri Shampiyona Nyafurika yaberaga muri Kenya, yageze mu Rwanda ifite itike yo kuzakina imikino ya...
11 July 2025 Yasuwe: 289 0

Ambasaderi w’u Rwanda muri Zambia yakiriye abahanzi bagiye kwifatanya n’abahatuye mu birori byo #Kwibohora31

Ambasaderi Emmanuel Bugingo uhagarariye u Rwanda muri Zambia yakiriye mu biro abahanzi barimo Makanyaga Abdoul, Jules Sentore na Mireille Mukakigeli bagiye kwifatanya n’Abanyarwanda batuye muri iki...
11 July 2025 Yasuwe: 332 0

Bayisenge Emery mu muryango winjira muri Rayon Sports?

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushaka myugariro, bivugwa ko yageze kuri Bayisenge Emery wakiniraga Gasogi United mu mwaka ushize w’imikino.
11 July 2025 Yasuwe: 308 0

Sean Brizz yahishuye uko yaretse kuba umuraperi kubera Tom Close

Umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Sean Brizz, wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka Niko Kuri, yahishuye ko Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ari we wamugiriye inama yo kureka Rap agakomeza...
11 July 2025 Yasuwe: 391 0