Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange, yanganyije na HNK Hajduk Split yo muri Croatia igitego 1-1, mu mukino w’ijonjora rya mbere ryo gushaka itike ya UEFA...
Muri raporo nshya yasohowe n’ikinyamakuru Time Out, kigaragaza imijyi 20 ya mbere ku isi izwiho ubuzima bw’ijoro bushimishije, imijyi ine yo ku mugabane wa Afurika yagaragaye mu myanya myiza,...
Umuhanzi ukunze kwamamara mu ndirimbo z’ijyanye n’uburere mboneragihugu, Senderi Hit, yakoreye igitaramo gikomeye mu Murenge wa Mukarange, mu Karere ka Kayonza, cyitabirwa n’imbaga y’abantu. Ni...
Amahirwe y’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Cricket yo kujya ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Tri-National Series 2025 yagabanyutse nyuma yo gutsindwa na Malawi.
Umutoza mushya wa Vipers FC, Ivan Minnaert wamamaye muri Rayon Sports, yatangaje ko we n’iyi kipe yo muri Uganda basangiye intego imwe yo kugera mu matsinda ya CAF Champions League.
Mu mwaka umwe n’igice Kompressor amaze atunganya indirimbo, ni umwe mu bahanga bo kwitegwa mu muziki nyarwanda, ndetse abamaze kumva bimwe mu bihangano yarambitse ibiganza, bavuga ko ari umwe mu bo...
Amakipe ya APR HC na Police HC ahora ahanganye muri Handball ari mu itsinda rimwe mu irushanwa ry’Igikombe cy’Igihugu 2025, riteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru.
APR HC na Police HC...
Umunyamerika Walter Ray Allen Jr. wakanyujijeho muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), yateye igiti kuri BK Arena nk’ikimenyetso cy’uruhare rwa siporo mu...
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze kumvikana na Sporting CP yo muri Portugal ku bijyanye no kugura rutahizamu Viktor Gyökeres, umukinnyi mpuzamahanga ukomoka muri Suwede w’imyaka 27.