Ku wa 26 Nyakanga 2025, abahanzi bari mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bari berekeje i Ngoma, aho nyuma yo kuva ku rubyiniro, King James yavuze ko ibyamubayeho abifata nk’ibitangaza kuko...
Mugisha Bonheur ukinira Stade Tunisien yo muri Tunisia, yatsinze igitego kimwe muri bibiri byafashije iyi kipe kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup.
Umunya-Espagne, Margarita Victoria García Cañellas ‘Mavi Garcia’, yabaye umukinnyi wa mbere w’amagare mu bagore wegukanye Etape muri Tour de France y’Abagore afite imyaka 41.
Mu gihe haburaga amasaha make ngo abahanzi baturuka mu Rwanda berekeze i Kampala mu gitaramo ‘Uganda-Rwanda Music Festival’, abateguraga icyo gitaramo bafashe icyemezo cyo kugisubika.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), Ndayishimiye Samson, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kwakira neza Shampiyona y’Isi y’Amagare, ku buryo izerekana ko rufite...