Mbere y’uko Rayon Sports ikina na Gasogi United mu mukino wa gicuti mu cyumweru cyahariwe Rayon Sports [Rayon Week], Perezida wa Gasogi United, KNC, yatangaje ko bazagora Rayon Sports mu mpande zose.
Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yasabye abantu kwitonda mu kugereranya Lamine Yamal na Lionel Messi. Aba bombi bazamukiye muri La Masia, irerero rya FC Barcelona, bose bakina bakoresheje...
Abakinnyi 16 b’Abanyarwanda bari mu banyempano bitabiriye Giants of Africa Basketball Camp iri kubera muri BK Arena kuva tariki ya 28 kugeza kuya 31 Nyakanga 2025.
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko itigeze ihagarika amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ateganyijwe mu mpera z’ukwezi kwa Kanama 2025.
Nadege Rusam wamamaye mu kuvanga imiziki nka DJ Rusam, yagiriye inama abakobwa bifuza kwinjira mu mwuga wo kuvanga imiziki, ahishura ko we yagiriwe ubuntu bwo kubitangira ashyigikiwe n’umuryango we.
Mu gihe benshi bibaza uko izabaho, Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports, bukomeje guhangana n’ibibazo by’ingutu bihari aho kuri ubu bwamenyeshejwe ko ibihano iyi kipe yari yarafatiwe n’Ishyirahamwe...