Umuhanzikazi Ayra Starr uherutse gushimisha ibihumbi by’abantu mu gitaramo cya Giants of Africa i Kigali, ari mu bahanzi bahataniye ibihembo bikomeye bya MTV Video Music Awards (VMA) 2025, aho...
Nsabimana Jean de Dieu wahoze ari umukozi wa AS Kigali mu gice cyo kuvura abakinnyi, yasabye ubuyobozi bw’ikipe kumwishyura imishahara y’amezi 13 ingana n’arenga miliyoni 6 Frw, bitakunda akaba...
Nyuma yo guca ibintu muri BK Arena mu gitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa,’ Kizz Daniel yateguje ikindi gitaramo azakorera i Kigali mu minsi, kugira ngo yongere kugirana ibihe...
Cindy Sanyu yasobanuye impamvu umuziki wa Uganda utarenga umupaka Umuhanzikazi wo muri Uganda ukomeye mu njyana ya Dancehall, Cindy Sanyu, yatangaje ko imwe mu mbogamizi zikomeye zibangamiye...
Uwizeyimana Sylivester wamamaye ku izina rya Wasili usanzwe ari umukozi wa Rayon Sports mu kiganiro Rayon Time, yamaze gushyira hanze indirimbo "11 ni abazungu" yahimbiye Rayon Sports.
Kasirye Martin uzwi nka MC Tino, umuhanzi, umunyamakuru n’umushyushyarugamba w’inararibonye mu myidagaduro yo mu Rwanda, yatangaje ko yatewe ishema n’uburyo yahuriye ku rubyiniro na The Ben,...