skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Ibyiciro bibiri byongewe mu bihembo MTV bihataniwe n’abarimo Ayra Starr

Umuhanzikazi Ayra Starr uherutse gushimisha ibihumbi by’abantu mu gitaramo cya Giants of Africa i Kigali, ari mu bahanzi bahataniye ibihembo bikomeye bya MTV Video Music Awards (VMA) 2025, aho...
6 August 2025 Yasuwe: 348 0

Uwakoreye AS Kigali ashobora kuyijyana mu Nkiko

Nsabimana Jean de Dieu wahoze ari umukozi wa AS Kigali mu gice cyo kuvura abakinnyi, yasabye ubuyobozi bw’ikipe kumwishyura imishahara y’amezi 13 ingana n’arenga miliyoni 6 Frw, bitakunda akaba...
6 August 2025 Yasuwe: 398 0

Iteramakofe: Byinshi wamenya k’ubuyobozi bushya bwa RBF

Komite Nyobozi nshya y’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Iteramakofe mu Rwanda, iheruka gutorwa ivuga ko izibanda mu gukorera abanyamuryango ishyira imbere imiyoborere myiza ndetse ikanibanda mu gusigasira...
6 August 2025 Yasuwe: 188 0

Kizz Daniel yateguje ikindi gitaramo i Kigali

Nyuma yo guca ibintu muri BK Arena mu gitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa,’ Kizz Daniel yateguje ikindi gitaramo azakorera i Kigali mu minsi, kugira ngo yongere kugirana ibihe...
6 August 2025 Yasuwe: 155 0

Cindy Sanyu yasobanuye impamvu umuziki wa...

Cindy Sanyu yasobanuye impamvu umuziki wa Uganda utarenga umupaka Umuhanzikazi wo muri Uganda ukomeye mu njyana ya Dancehall, Cindy Sanyu, yatangaje ko imwe mu mbogamizi zikomeye zibangamiye...
6 August 2025 Yasuwe: 374 0

FIFA igiye kujyanwa mu nkiko n’abakinnyi barenga ibihumbi 100

Nyuma y’aho Urukiko rw’u Burayi (CJEU) rutangaje ko amategeko y’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) arimo icyuho, abakinnyi barenga ibihumbi 100 bagiye gutanga ikirego bagaragaza ko barenganyijwe...
6 August 2025 Yasuwe: 267 0

Wasili yasohoye indirimbo “11 ni abazungu” yahimbiye Rayon Sports

Uwizeyimana Sylivester wamamaye ku izina rya Wasili usanzwe ari umukozi wa Rayon Sports mu kiganiro Rayon Time, yamaze gushyira hanze indirimbo "11 ni abazungu" yahimbiye Rayon Sports.
5 August 2025 Yasuwe: 555 0

Infantino yijeje ubufasha umusifuzi Garcia uterwa ubwoba bwo kwicwa

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yatangaje ko agiye gushyigikira umusifuzi w’umugore, Katia Itzel Garcia, ukomeje guterwa ubwoba n’abafana bavuga ko...
5 August 2025 Yasuwe: 372 0

Ni ubwa mbere turirimbanye - Ishimwe rya MC Tino kuri The Ben

Kasirye Martin uzwi nka MC Tino, umuhanzi, umunyamakuru n’umushyushyarugamba w’inararibonye mu myidagaduro yo mu Rwanda, yatangaje ko yatewe ishema n’uburyo yahuriye ku rubyiniro na The Ben,...
5 August 2025 Yasuwe: 291 0

CHAN 2024: Perezida wa Uganda yemereye ikipe y’igihugu arenga Miliyoni 455 RWF kuri buri ntsinzi

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yemereye ikipe y’igihugu arenga Miliyoni 455 z’Amanayarwanda kuri buri mukino bazajya batsinda mu mikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu...
5 August 2025 Yasuwe: 200 0